Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Inama zagufasha kudasiragira mu gihe cyo kugura inzu n’indi mitungo itimukanwa
22 October 2019, by Ubwanditsi
Inshuro nyinshi usanga abantu bakunze kugorwa no kubona aho gutura, inzu zo gukodesha cyangwa ubutaka bwo gukoreraho ibikorwa bitandukanye bitewe no kutamenya aho babariza.
Ikigo cy’Ubucuruzi Multi Design Group Ltd cyashyizemo imbaraga mu gutanga izi serivisi ku bantu bazifuza zerekeranye no kugurisha, gukodesha no gukodeshereza ba nyir’imitungo ndetse no guhuza abagura n’abagurisha inzu n’ibibanza.
-
Umuturage wo muri EAC akoresha KWH 136, uwo muri Amerika agakoresha KWH 7000
19 March 2018, by Nsanzimana Ernest
Ingufu z’ amashanyarazi zirakenewe ngo ibihugu by’ Afuruka y’ Iburasirazuba bikomeze inzira y’ iterambere, gusa amashanyarazi EAC ifite ntabwo ahagije kandi nta nubwo akoreshwa yose.
Ibi byatangarijwe mu nama y’ iminsi itatu iteraniye I Kigali yatangiye kuri uyu wa Mbere tariki 19 Werurwe 2018. Abayitabiriye barimo kwiga uburyo ibihugu by’ Afurika byakoresha ingufu zisubira ‘Renewable energy’ kugira uyu mugabane ubashe kwihaza mu bijyanye n’ ingufu z’ amashanyarazi.
Minisitiri ushinzwe iby’ (...)
-
Urupfu rw’umwarimukazi w’umunyabigwi wigishije Jeanette Kagame, rwasheguye benshi
20 May 2022, by Rebecca UFITAMAHORO
“Umwarimu mwiza ameze nka buji (bougie)-irashonga kugira ngo imurikire abandi babone inzira.” Ayo magambo ya Mustafa Kemal Atatürk yakoreshejwe na Madamu Jeannette Kagame aha icyubahiro Françoise Nyirantagorama witabye Imana afite imyaka 82.
Francoise Nyirantagorama yigishije Jeannette Kagame mu buhungiro mu Burundi, akaba yamushimiye umurage yasize mu Kigo cya Stella Matutina, Ecole Independante na La Colombière de Bujumbura yaje gushingwa n’ Kigali.
Mu butumwa yanyujije kuri twitter, Madamu (...)
-
Kurwanya ubukene si impuhwe mugirira abaturage-Perezida Kagame
26 February 2019, by Dusingizimana Remy
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abayobozi bagera kuri 600 bo mu ntara yamajyepfo ko kurwanya ubukene atari impuhwe bagirira abanyarwanda ahubwo ari inshingano zabo.
-
Kagame Paul yatsindiye kuba Perezida w’u Rwanda 2017-2024
4 August 2017, by Iyamuremye Janvier
Perezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya wa Perezida wa Repubulika muri manda itaha. Ibyo rero tukaba tuzabihamya ejo.”
Muri aya matora abantu batoreye kuri site z’itora 2,340 zigizwe n’ibyumba by’itora 16,691. Abanyarwanda bangana na 6, 897,076 nibo banyarwanda batoye aho Prof Kalisa Mbanda avuze ko amatora yagenze.
Ibyavuye mu Matora (...)
-
Perezida Kagame yatangarije amahanga ko mu Rwanda abicaga inyamaswa aribo basigaye bazitaho
7 November 2017, by Nsanzimana Ernest
Iki gihembo Paul Kagame yagiherewe i Londre mu Bwongereza
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yahawe igihembo nk’ umuyobozi w’ indashyikirwa mu guteza imbere ubukerarugendo avuga ko mu Rwanda abahoze ari abashimusi b’ inyamaswa basigaye bazirinda.
Ni kuri uyu wa Kabiri tariki 7 Ugushyingo 2017 mu muhango wo gutanga ibihembo mpuzamahanga byo guteza imbere ubukerarugendo wabereye mu mugigi wa Londres mu gihugu cy’ Ubwongereza.
Iki gihembo Perezida Kagame agihawe nyuma y’ igihe gito mu Rwanda (...)
-
Kwibohora byari bigamije kubaka u Rwanda Abanyarwanda bafitemo uburenganzira bungana-Perezida Kagame
4 July 2019, by Dusingizimana Remy
Nyakubahwa perezida Kagame yatangaje ko urugamba rwo kubohora u Rwanda rwari rugamije kubaka u Rwanda rushya kandi rwiza ruzira amacakubiri cyane ko rwari rumaze igihe kinini rutunze ubumwe.
-
Covid-19: Hakize abantu 4 mu Rwanda ntihaboneka umurwayi n’umwe mu bipimo 895 byafashwe kuri uyu wa Kane
14 May 2020, by Dusingizimana Remy
Kuri uyu munsi tariki ya 14 Gicurasi 2020, mu Rwanda nta muntu mushya wagaragaweho ubwandu bwa Coronavirus kuko mu bipimo 895 byafashwe,nta murwayi wagaragayemo,mu gihe bane bakize uyu munsi bujuje 168 bamaze gukira bagasezererwa mu bitaro , 119 nibo bakirwaye.
-
Habonetse abantu 6 bashya banduye Coronavirus mu Rwanda....Hakize abandi bantu 5 bashya kuri uyu Gatanu
1 May 2020, by Dusingizimana Remy
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 01 Gicurasi, mu Rwanda habonetse abarwayi 6 ba COVID-19 mu bipimo 1,365 byafashwe. Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko abanduye iki cyorezo ari 249 (harimo abakize 109) Abakirwaye ni 140.
-
Minisitiri w’Intebe yahawe amezi 6 yo gukemura ibibazo biri muri WASAC
9 November 2021, by Dusingizimana Remy
Inteko rusange y’umutwe w’abadepite yafashe umwanzuro wo gusaba Minisiteri y’Intebe kuvugurura imikorere n’imiterere y’ikigo cya WASAC bitarenze amezi 6 kubera ibibazo biri mu miyoborere ,imicungire n’imikoreshereze by’imari ya Leta bimeze igihe bikivugwamo.
Nkuko babitangaje mu butumwa banyujije kuri Twitter,abadepite basabye "Minisitiri w’Intebe kuvugurura bitarenze amezi 6 imiterere n’imikorere ya WASAC hagamijwe gukemura ibibazo by’imiyoborere, imicungire n’imikoreshereze y’imari bimaze igihe (...)