Umugabo witwa Rukeratabaro André yitabaje urukiko ngo rwemeze ko yakwishyura Dr Pierre Damien Habumuremyi, amafaranga asigaye ku yo baguze imodoka kugira ngo ayegukane.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uwaguze imodoka na Dr Habumuremyi yamujyanye mu nkiko kugira ngo idafatirwa kubera ibyaha aregwa
27 August 2020, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yasuye mu rugo umukecuru umukunda bihebuje
26 August 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yasuye mu rugo umukecuru witwa Nyiramandwa Rachel w’imyaka 110 mbere yo kuganira n’abaturage mu ruzinduko yagiriye mu karere ka Nyamagabe.
Kuri uyu wa Gatanu nibwo Perezida Kagame yasuye akarere ka Nyamagabe muri gahunda yihaye yo gusura intara zitandukanye kugira ngo aganire n’abaturage.
Mukecuru Nyiramandwa yakiriye Perezida Kagame mu rugo rwe ruri hafi ya Stade ya Nyagisenyi.
Nyiramandwa azwi nk’umukecuru wa Perezida Kagame kuko inshuro zose bahura, bagaragara bahuje (...) -
Impamvu nyamukuru ituma abakozi basambana na ba nyirabuja yamenyekanye
7 July 2018, by Nsanzimana ErnestBitungura benshi kumva ko umubyeyi wubashwe asambana n’ umukozi we cyangwa umushoferi nyamara afite umugabo mwiza umukunda
Umugabo w’ umunyarwanda tutari butangaze amazina yatubwiye ko byamubayeho. Uyu mugabo uri mu kigero cy’ imyaka 50 ngo muri Nyakanga 2017 nibwo yamenye ko umugore we amuca inyuma akaryamana n’ umushoferi we.
Akibimenya yirinze guhita amugaragariza uburakari, dore nubwo umugore we yamucaga inyuma yakomeje kumwubaha nk’ umugabo we akamwitaho nk’ uko bisanzwe.
Yakomeje (...) -
Ntuzemere gushyingiranwa n’ umukunzi wawe nadasubiza ibi bizabo 10
25 August 2018, by Nsanzimana ErnestMbere yo gushyingiranwa n’ umukunzi wawe uzamubaze ibi bibazo uzamenya ubumuntu bwe bigufashe kumumenya byimbitse.
-
Ingamba zikarishye zo kurwanya Coronavirus zongerewe igihe cy’iminsi 15 zishyirwa mu bikorwa
2 April 2020, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa Gatatu yize ku Cyorezo cya COVID-19,yemeje ko ingamba zikarishye zo gukomeza kukirwanya ngo kidakwirakwira mu Rwanda zizakomeza kugeza kuwa 19 Mata 2020.
-
Igitero cyagabwe i Nyaruguru: Umwe mu bishwe yari umurezi abashimuswe barekuwe
20 June 2018, by Nsanzimana ErnestIfoto ya Maniraho Anathole wari umuyobozi ushinzwe amasomo muri GS Nyabimata wiciwe mu gitero i Nyabimata
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabili tariki 19 rishyira tariki 20 Kamena 2018 abantu bitwaje intwaro bagabye igitero mu murenge wa Nyabimata mu karere ka Nyaruguru bica abantu babiri bakomeretsa abandi barimo n’ umunyamabanga nshingwabikorwa w’ Umurenge.
-
Leta y’u Rwanda igiye gutangira kugenzura ibivugirwa ku mbuga nkoranyambaga
13 May 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ikoranabuhanga mu Itumanaho no guhanga Udushya, Ingabire Paula, yatangarije Inteko Ishinga Amategeko ko Leta y’u Rwanda igiye gushyiraho ingamba zigenzura ibinyuzwa ku mbuga nkoranyambaga hagamijwe guhangana n’amakuru y’ibihuha anyuzwa kuri uyu muyoboro wayobotswe na benshi.
-
Abanduye Coronavirus mu Rwanda babaye 102…Kuri uyu wa Gatandatu habonetse abantu 13
4 April 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu hagaragaye abantu 13 banduye Coronavirus mu Rwanda bituma umubare w’abamaze kwandura iyi ndwara ugera ku bantu 102.
-
Menya impamvu abatuye ahubatswe umudugudu w’ ikitegererezo i Huye bawise ’Yeruzalemu’
8 October 2017, by Nsanzimana ErnestAbahawe amazu mu mudugudu w’ ikitegererezo wubatswe mu murenge wa Simbi n’ abatuye hafi yaho bawise Yelusalemu .
Uyu mudugudu wubatswe mu Mudugudu wa Rusuma, Akagari ka Kabusanza, mu Karere ka Huye, urimo amazu meza yubakishije amatafari ahiye, afite inzugi ndetse n’amadirishya bikoze mu byuma, birimo n’ibirahure.
Ni amazu meza yubatse ku buryo ane ane agiye yegeranye (four in one), kandi buri yose ifite icyumba cy’uruganiriro ndetse n’ibyumba bitatu byo kuraramo; afite n’ubwiherero, ubwogero, (...) -
Umupolisikazi yabaye umunyarwanda wa kabiri wahitanwe n’icyorezo cya COVID-19
3 June 2020, by Dusingizimana RemyUmuntu wa kabiri yishwe na COVID19 mu Rwanda. Ni umupolisi wari waragiye mu butumwa bw’akazi mu mahanga, aza kugarurwa mu Rwanda amaze kuremba.