Umutoza wa Arsenal Mikel Arteta avuga ko "atabaniye" rutahizamu Eddie Nketiah, nyuma yuko afashije ikipe ye gutungura Chelsea ikayitsinda ibitego 4-2 mu mukino shampiyona w’umunsi wa 32 .
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umutoza wa Arsenal nyuma yo gutsinda Chelsea yasabye imbabazi Eddie Nketiah wamuhesheje ishema
21 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORO -
I Karembure muri Kicukiro akarere karimo kubakayo ishuri ribanza ry’ igorofa
30 January 2018, by Nsanzimana ErnestKarembure ni akagari ko mu murenge wa Gahanga,umwe mu mirenge igize akarere ka Kicukiro mu mugi wa Kigali. Aka kagari kimwe n’ utundi twose two muri aka karere karimo kuzamukamo ibikorwa bitandukanye by’ iterambere birimo imihanda n’ inyubako zitanukanye kandi zigezweho.
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa igishushanyo mbonera no kunoza imiturire mu karere ka Kicukiro, umushoramari witwa Gahakwa arimo kubaka amazu agezweho mu murenge wa Gahanga arinaho akarere karimo kubaka ishuri ribanza rya (...) -
Minisiteri y’Uburezi ikeneye abarimu barenga ibihumbi 24 kugira ngo abakenewe buzure
9 January 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Uburezi Dr Valentine Uwamariya,yavuze ko bagikeneye abarimu bihumbi 24,410,ariyo mpamvu igikorwa cyo kubashyira mu myanya kigikomeje cyane ko ibyumba by’amashuri byinshi byamaze kuzura.
-
Musanze: Visi Meya yatawe muri yombi ashinjwa gukubita umugore we akamukomeretsa
30 August 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’akarere ka Musanze wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Ndabereye Augustin, yatawe muri yombi mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu,ashinjwa gukubita umugore bashakanye akamukomeretsa.
-
Louise Mushikiwabo yiyise izina ritangaje kuri Twitter
5 September 2022, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa, Mushikiwabo Louise,yiyise "Mushikiwabachouuuu" mu butumwa yanyujije kuri Twitter.
Uyu munyarwandakazi uri mu rukundo n’urubyiruko kubera ukuntu asigaye aganira nabo kuri Twitter,yashimiye abanyarwanda bose bamuteye urwenya muri iyi minsi yari yitabiriye umuhango wo "Kwita Izina".
Abinyujije kuri Twitter,Madamu Mushikiwabo yagize ati "Rubyiruko, uruto n’urwo tungana, nabonye abibaza niba nsoma commentaires (...) -
Rayon Sports yasinyishije Umunya Ghana wakinnye mu Butaliyani [AMAFOTO]
13 June 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports ibifashijwemo na MK Card imaze gusinyisha umukinnyi wo hagati ukomoka mu gihugu cya Ghana witwa Olokwei Commodore nyuma yo gushima urwego rwe mu myitozo yari amaze iminsi akorera mu Nzove.
-
Abantu 6 basanganwe Covid-19 ikomeye ya Omicron mu Rwanda
15 December 2021, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu Rwanda hagaragaye abantu batandatu banduye virusi yihinduranyije ya COVID19 izwi ku izina rya Omicron. Abo bantu ni abagenzi ndetse n’abahuye nabo.
Minisiteri y’Ubuzima yaboneyeho gusaba Abanyarwanda bari hejuru y’imyaka 12, gukomeza kwitabira ibikorwa byo kwikingira kuko ari bwo buryo burambye mu kwirinda ubu bwoko bushya bwa Covid-19.
Kugeza ubu, abamaze guhabwa dose ya mbere y’urukingo ni 6.925.192 mu gihe abamaze guhabwa dose ya kabiri y’urukingo ari (...) -
Amashuri y’incuke n’icyiciro cya mbere cy’abanza agiye gutangira
7 January 2021, by Martin MunezeroMinisiteri y’Uburezi yatangaje ko abiga mu mashuri y’incuke n’abo mu cyiciro cya mbere cy’abanza bazasubukura amasomo yabo ku wa 18 Mutarama 2021 nyuma y’igihe kigera ku mezi 10 bari bamaze batiga kubera icyorezo cya COVID-19.
-
Abanyarwanda dufite ubwigenge n’ubushobozi bwo gukora no kugera ku byo twifuza nta nkomyi-Perezida Kagame
4 July 2020, by Dusingizimana RemyMu ijambo perezida Paul Kagame yagejeje ku banyarwanda kuri uyu wa gatandatu tariki 4 Nyakanga 2020, u Rwanda rwizihiza ku nshuro ya 26 umunsi wo kwibohora yasabye abayobozi bakorera Leta na buri wese gushyira imbere inyungu rusange aho gushyira imbere inyungu bwite cyane ko Abanyarwanda bamaze kugera ku rwego rwo kugera ku byo bashaka nta nkomyi.
-
Umuyobozi w’ ibitaro bya Muhima yikomye itangazamakuru
28 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ ibitaro bya Muhima bimaze iminsi bivugwaho kurangarana abarwayi no kudatanga serivise zinoze, aravuga ko atazi icyo abanyamakuru bapfa n’ ibitaro ayoboye kuko ngo bagaragaza isura itari yo y’ ibitaro bigatera umwuka mubi mu baturage.
Ibitaro bya Muhima byahoze ari ishami ry’ ibitaro bikuru bya Kaminuza CHUK. Icyo gihe inshingano nyamukuru yabyo yari ukubyaza. Nyuma ibi bitaro byaje kugirwa ibitaro by’ akarere ka Nyarugenge bitangira gutanga izindi serivisi z’ ubuvuzi.
Dr Ntwali (...)