Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatanutariki 30 Nyakanga, 2021,yagize Madamu Yolande Makolo Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda naho Stephanie Nyombayire we akaba yagizwe Umuvugizi wa Perezidansi y’u Rwanda.
Stephanie Nyombayire yari asanzwe ari umukozi mu Biro bya Perezida wa Repubulika ushinzwe amakuru no kuvuga ibireba biriya biro( Public Relations Office).
Yolande Makolo yagizwe Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda muri Minisiteri (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho umuvugizi wayo mushya n’uwa Perezidansi
31 July 2021, by Dusingizimana Remy -
Uko mbibona: Uganda yiteguye intambara, u Rwanda narwo ruriteguye, ese iyi ntambara irashoboka?
17 April 2019, by Joseph HakuzwumuremyiMu myaka ya za 90 habayemo byinshi byerekana ko harri umubano mwiza hagati ya Perezida Kagame na Perezida Museveni, umwe ayoboye Uganda undi ari umusilikali mukuru mu gisilikali cy’Ubuganda ariko wakivuyemo agatangizanya n’abandi banyarwanda urugamba wo kuboza igihugu.
-
Africa’s StarTimes Network Acquires IMPACT Wrestling Programming, Adding More Than 250 Hours Of Content To The Platform’s Lineup In 2021
18 February 2021, by UbwanditsiThe Agreement Delivers Popular Content to Over 50 Countries Throughout Sub-Saharan Africa
TORONTO (February 16, 2021) – IMPACT Wrestling, a subsidiary of Anthem Sports & Entertainment Inc. and one of the world’s largest professional wrestling organizations, announced today an agreement with electronics and media company StarTimes—bringing more than 250 hours of IMPACT Wrestling content to the platform in 2021. The acquisition extends IMPACT’s reach even further across the globe, bringing (...) -
Karongi: Baracyashengurwa n’uko ababahekuye bataraboneka ngo babiryozwe
12 April 2023Akarere ka Karongi kihariye igice kinini cy’icyahoze ari Perefegitura ya Kibuye yabayemo ubwicanyi bw’indengakamere mu gihe cya Genocide yakorewe abatutsi 1994, bigizwemo uruhare rukomeye n’uwari perefe wayo Dr Kayishema Clement waje gufatwa agashyikirizwa urukiko rwashyiriweho u Rwanda rwa Arusha.
Nu bwo abarokotse Genocide yakorewe abatutsi biyubatse ndetse bagafatana urunana ngo bomorane ibikomere,hari ibikiri ishavu mu mibereho yabo.
Icyambere , n’ukuba abakoze Genocide baterura (...) -
Inama zagufasha kudasiragira mu gihe cyo kugura inzu n’indi mitungo itimukanwa
22 October 2019, by UbwanditsiInshuro nyinshi usanga abantu bakunze kugorwa no kubona aho gutura, inzu zo gukodesha cyangwa ubutaka bwo gukoreraho ibikorwa bitandukanye bitewe no kutamenya aho babariza.
Ikigo cy’Ubucuruzi Multi Design Group Ltd cyashyizemo imbaraga mu gutanga izi serivisi ku bantu bazifuza zerekeranye no kugurisha, gukodesha no gukodeshereza ba nyir’imitungo ndetse no guhuza abagura n’abagurisha inzu n’ibibanza.
-
Umuturage wo muri EAC akoresha KWH 136, uwo muri Amerika agakoresha KWH 7000
19 March 2018, by Nsanzimana ErnestIngufu z’ amashanyarazi zirakenewe ngo ibihugu by’ Afuruka y’ Iburasirazuba bikomeze inzira y’ iterambere, gusa amashanyarazi EAC ifite ntabwo ahagije kandi nta nubwo akoreshwa yose.
Ibi byatangarijwe mu nama y’ iminsi itatu iteraniye I Kigali yatangiye kuri uyu wa Mbere tariki 19 Werurwe 2018. Abayitabiriye barimo kwiga uburyo ibihugu by’ Afurika byakoresha ingufu zisubira ‘Renewable energy’ kugira uyu mugabane ubashe kwihaza mu bijyanye n’ ingufu z’ amashanyarazi.
Minisitiri ushinzwe iby’ (...) -
Urupfu rw’umwarimukazi w’umunyabigwi wigishije Jeanette Kagame, rwasheguye benshi
20 May 2022, by Rebecca UFITAMAHORO“Umwarimu mwiza ameze nka buji (bougie)-irashonga kugira ngo imurikire abandi babone inzira.” Ayo magambo ya Mustafa Kemal Atatürk yakoreshejwe na Madamu Jeannette Kagame aha icyubahiro Françoise Nyirantagorama witabye Imana afite imyaka 82.
Francoise Nyirantagorama yigishije Jeannette Kagame mu buhungiro mu Burundi, akaba yamushimiye umurage yasize mu Kigo cya Stella Matutina, Ecole Independante na La Colombière de Bujumbura yaje gushingwa n’ Kigali.
Mu butumwa yanyujije kuri twitter, Madamu (...) -
Kurwanya ubukene si impuhwe mugirira abaturage-Perezida Kagame
26 February 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abayobozi bagera kuri 600 bo mu ntara yamajyepfo ko kurwanya ubukene atari impuhwe bagirira abanyarwanda ahubwo ari inshingano zabo.
-
Kagame Paul yatsindiye kuba Perezida w’u Rwanda 2017-2024
4 August 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya wa Perezida wa Repubulika muri manda itaha. Ibyo rero tukaba tuzabihamya ejo.”
Muri aya matora abantu batoreye kuri site z’itora 2,340 zigizwe n’ibyumba by’itora 16,691. Abanyarwanda bangana na 6, 897,076 nibo banyarwanda batoye aho Prof Kalisa Mbanda avuze ko amatora yagenze.
Ibyavuye mu Matora (...) -
Perezida Kagame yatangarije amahanga ko mu Rwanda abicaga inyamaswa aribo basigaye bazitaho
7 November 2017, by Nsanzimana ErnestIki gihembo Paul Kagame yagiherewe i Londre mu Bwongereza
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yahawe igihembo nk’ umuyobozi w’ indashyikirwa mu guteza imbere ubukerarugendo avuga ko mu Rwanda abahoze ari abashimusi b’ inyamaswa basigaye bazirinda.
Ni kuri uyu wa Kabiri tariki 7 Ugushyingo 2017 mu muhango wo gutanga ibihembo mpuzamahanga byo guteza imbere ubukerarugendo wabereye mu mugigi wa Londres mu gihugu cy’ Ubwongereza.
Iki gihembo Perezida Kagame agihawe nyuma y’ igihe gito mu Rwanda (...)
0 | ... | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | ... | 1410