Dr Peter Murugu ukomoka muri Kenya ni umuvuzi ukoresha ibimera, akavura zimwe mu ndwara zikomeye zigakira burundu. Kuri ubu yafunguye amarembo mu Rwanda ndetse yizera ko abantu nibamugana azabagaragariza ko ibyo kuvura avuga atari amagambo gusa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Dr Murugu yafunguye amarembo mu Rwanda, arasaba kumwizera ubundi amibe igahinduka amateka
2 March 2019 -
Reba LA LIGA kuri Startimes:FC Barcelona igiye guhura n’akazi gakomeye muri iki cyumweru
15 December 2020, by Dusingizimana RemyIkipe ya FC Barcelona ifite abakunzi benshi ariko ikaba itari kubakora ku mutima muri iyi minsi,ifite imikino 2 ikomeye irimo uw’ikirarane itakinnye kubera ko yatangiye LA LIGA ikererewe biturutse ku kiruhuko yahawe nyuma yo gusoza amarushanwa y’iburayi itinze.
-
Ibyaranze Ubutegetsi bwa Bizimungu Pasteur n’ibibazo by’ingutu yahuye nabyo
18 April 2023, by Dusingizimana RemyPasiteri Bizimungu niwe wabaye Perezida w’u Rwanda nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi kuva tariki 19 Nyakanga 1994,aho yabarizwaga mu ishyaka rya FPR INKOTANYI.
Urubuga rwa Wikipedia, rugaragaza ko Pasteur Bizimungu yavukiye mu cyahoze ari Gisenyi mu 1950, ndetse akaba yaranahoze mu ishyaka rya Perezida Juvenal Habyarimana mbere yo kwiyunga na FPR Inkotanyi.
Hagati y’umwaka wa 1980 na 1990, Bizimungu yari mu ishyaka rya MRND ndetse yari umuntu wa hafi wa Perezida Juvenal Habyarimana, muri (...) -
Uwa 5 ntavugwaho rumwe ! Dore ba nyampinga bu Rwanda 5 bakunzwe na Rubanda kurusha abandi[AMAFOTO]
12 July 2023, by Rebecca UFITAMAHOROMu bihe bitandukanye mu Rwanda hagiye hatoranwa ba nyampinga b’u Rwanda bahiga abandi mu muco ,ubuhanga ndese n’ubwiza, muri abo bakobwa bagiye batorwa harimo abakunzwe cyane kurusha abandi mu myaka yatambutse kuva irushanwa ryatangira.
Twabakusanyirije bamwe muri bo beretswe urukundo mu bihe bitandukanye.
5.Miss Mutesi Jolly
Ku mwanya wa 5 turahasanga Miss Mutesi Jolly wegukanye ikamba rya miss Rwanda muri 2016 ,uyu mukoba yatowe afite imyaka 19 ni umwe muri ba nyampinga bakunze (...) -
Biravugwa: Gatabazi JMV wahoze muri Guverinoma yaba afunzwe
2 August 2023, by Dusingizimana RemyAmakuru aravuga ko Gatabazi Jean Marie Vianney wahoze ari Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu ndetse akaba na Guverineri w’intara y’Amajyaruguru yaba ari u maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha , RIB.
Ni amakuru yatangiye guhwihwiswa ku mbuga nkoranyambaga, ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Kanama 2023.
Ntacyo Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ruratangaza kuri aya makuru gusa byatangiye guhwihwiswa nyuma y’uko uyu munya politike yitabiriye umuhango wo kwimika umutware w’Abakono. (...) -
Umunyamakuru Constantin Tuyishimire wa Radio na TV1 yaburiwe irengero
18 July 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamakuru witwa Constantin Tuyishimire wakoreraga Radio na TV1 I Gicumbi amaze iminsi 2 aburiwe irengero aho yaba umuryango we,abo bakorana ndetse n’abayobozi be nta n’umwe uzi aho aherereye.
-
RCS yahinduye gahunda yari isanzwe yo gusura imfungwa n’abagororwa
9 August 2022, by Dusingizimana RemyUmuvugizi w’urwego rw’imfungwa n’abagororwa SSP Uwera Pelly Gakwaya, yatangaje ko gahunda yo gusura imfungwa n’abagororwa yahindutse ku munsi ababo babasuragaho.
Imfungwa n’abagororwa basurwaga ku munsi wo ku wa Gatanu mu Rwanda ariko kuri ubu habayemo impinduka muri iyi gahunda yo gusura,izajya ikorwa kuwa gatandatu.
SSP Pelly Gakwaya Yagize ati" gahunda yavuguruwe bitewe nuko wasangaga hari bamwe mu bakozi baburaga agahushya ko gusura ababo bafungiye muri Gereza bityo bikaba byababeraga (...) -
Indwara ya Asima (Asthma) ishobora kuvurwa igakira? Umva icyo abaganga bavuga
3 June 2019, by UbwanditsiAsthma (soma asima) ni indwara y’ubuhumekero yongera ubukana bitewe n’umubiri w’umuntu ku giti cye, ihindagurika ry’ikirere, kwimuka cyangwa se aho umuntu ari.
-
Umuyobozi wa AMIR Peter Rwema yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’ agateganyo
2 November 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 2 Ugushyingo 2017, Urukiko rw’ibanze rwa Bwishyura rwakatiye Rwema John Peterumuyobozi w’ impuzamashyiramwe y’ ibigo by’ imari iciriritse mu Rwanda AMIR, igifungo cy’ iminsi 30 y’ agateganyo.
Rwema akurikiranyweho gusambanya ku gahato umukobwa bivugwa ko bahuriye icumbi ry’ abashyitsi mu karere ka Karong.
Ibyo yavuze yiregura Urukiko rwabitesheje agaciro ruvuga ko aba afunzwe iminsi 30, akaba afite iminsi itanu yo kujurira.
Umucamanza wasmye umwanzuro ku ifungwa n’ ifungurwa ry’ (...) -
Uwaguze imodoka na Dr Habumuremyi yamujyanye mu nkiko kugira ngo idafatirwa kubera ibyaha aregwa
27 August 2020, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Rukeratabaro André yitabaje urukiko ngo rwemeze ko yakwishyura Dr Pierre Damien Habumuremyi, amafaranga asigaye ku yo baguze imodoka kugira ngo ayegukane.