Umubikira Immaculée Uwamariya avuga ko ibibazo byugarije umuryango nyarwanda bihera cyane cyane mu rugo nk’igicumbi cy’umuryango rusange w’abantu, uko ingo zubakwa, uko zisenyuka no kubura urukundo ni bimwe mubyo yagarutseho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
#Umushyikirano2019:Umubikira Immaculée Uwamariya yavuze uburyo afasha abantu kubaka urugo rumeze nk’ijuru ritoya ku isi
20 December 2019, by Martin Munezero -
Umubare w’abanyarwanda bose wamenyekanye
27 February 2023, by TUYISENGE FabriceHatangajwe imibare y’ibyavuye mu ibarura rusange ry’abaturage ryakozwe umwaka ushize, igaragaza ko umubare w’Abanyarwanda wiyongereyeho miliyoni 2,7 mu myaka icumi ishize, aho igitsinagore ari bo benshi ugeraranyije n’igitsinagabo.
-
Se wa Miss Nshuti Divine Muheto yaje muba Polisi 7 bazamuwe mu Ntera
7 June 2023, by Rebecca UFITAMAHOROKuri uyu wa 7 Kamenya 2023 nibwo Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi basaga 4000 muri Polisi y’u Rwanda, barimo Abofisiye bakuru, Abato n’Abapolisi basanzwe.
Abapolisi barindwi bari basanzwe bafite ipeti rya Chief Superindent of Police( CSP) bazamuwe mu ntera ku ipeti rya Assistant Commissioner of Police (ACP). Abo bapolisi barimo se wa Miss Rwanda 2022 Nshuti Muheto Divine ugiye kumarana ikamba imyaka ibiri. Se wa Miss Rwanda 2022 Nshuti Divine Muheto, Muheto Francis ari mu (...) -
Umunyamakuru Baker Samuel waciye amarenga ku bibera mu irushanwa rya miss Rwanda ,yavuze byinshi kuri Prince Kid
27 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmunyamakuru wa Royal Fm Baker Samuel BYANSI ,ukunzwe cyane mu kiganiro ‘Face of Nation’ uherutse guca amarenga kubibera mu rushanwa rya Miss Rwanda , asaba abakobwa bitabira umwiherero kwitinyuka bakavugisha ukuri kubihabera , yongeye kuvuga akomoza ku byahishwe nyuma y’itabwa muri yombi ry’umuyobozi wa Rwanda Inspiration Back up itegura irushanwa rya Miss Rwanda.
-
Menya byinshi ku buzima bwa Dr Nsanzimana Sabin ufite umukandara ukomeye muri Karate
29 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yaraye agize Dr Nsanzimana Sabin,Minisitiri w’Ubuzima,asimbuye Dr Ngamije Daniel,wari umaze igihe kuri uyu mwanya.
Dr Nsanzimana Sabin avuga ko yakuze yifuza kuba muganga ahanini bitewe no kureba ibyo abaganga bakoraga akiri umwana ariyo mpamvu akigera muri Kaminuza yahise abihisemo.
Muri Nyakanga 2019 ni bwo Dr Sabin Nsanzimana yagizwe Umuyobozi Mukuru wa RBC asimbuye Dr Condo Jeannine.
Mbere y’aho,yari Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kurwanya Sida n’izindi ndwara zandurira mu (...) -
KNC yavuze uburyo Aline Gahongayire akeneye kwitabwaho akavurwa
29 April 2019, by Martin MunezeroMu minsi ishize nibwo hasakaye amashusho ya Aline Gahongayire yifatira ku gahanga itangazamakuru ryo mu Rwanda. Mu buhamya aherutse gutanga, yavuze uburyo yagiye azamuka, iby’amagambo y’abantu n’uburyo atari ku rwego rw’itangazamakuru ryo mu Rwanda.
-
Nyagatare yabaye iya mbere mu kwesa imihigo [URUTONDE]
28 February 2023, by Dusingizimana RemyAkarere ka Nyagatare niko kabaye aka mbere mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2021/2022, mu nkingi zitandukanye mu rwego rw’igihugu aho kagize amanota 81.64% .
Aka karere katsinze Huye yabaye iya kabiri na 80.97% ndetse na Rulindo yabaye iya gatatu na 79.8%.
Uturere twesheje imihigo ku gipimo cya 66% ku birebana no gukemura ibibazo by’abaturage.
Intara y’Iburasirazuba yabaye iya mbere mu kwesa imihigo n’amanota 79%, ikurikirwa n’ Amajyepfo n’amanota 78%, iy’Iburengerazuba 76%, Umujyi wa Kigali 75%, (...) -
Ibitutsi, umujinya, gushinjanya ubusambanyi.., ishusho y’urukundo rw’ibyamamare n’inkumi
11 October 2017, by Iyamuremye JanvierMasambo Nyangezi, umuhanzi w’umunyarwanda wabaye umusizi mu ngazo yihariye wakunzwe na benshi mu ndirimbo zikubiye ku mizingo itandukanye yashyize hanze, yanditse indirimbo yise ‘Mico Myiza’ yateruye agira ati “Umugore w’imico myiza ni inde wamubonye,ntabwo ahanganira gutegeka icyo aharanira si uburinganire ntiyiringaniza ngo abe kanagazi ahubwo ashaka ubwuzuzanye bw’ubaka.”
Yasaga n’ushushanya uburyo bw’imibanire ikwiye kuranga umuhungu n’umukobwa bari mu rukundo.Mu gitabo ‘Bibiliya’ bivugwa ko (...) -
Amabilis Sibomana uzwi muri ORINFOR yavuze ukuntu perezida Habyarimana yirukanye umunyamakuru wa Radio Rwanda amuziza gutinda kuvuga amakuru ya mu gitondo
19 November 2019, by Dusingizimana RemyInararibonye mu itangazamakuru Amabilis Sibomana wamamaye muri ORINFOR,yavuze ko uwahoze ari perezida w’u Rwanda,Juvenal Habyarimana yategereje amakuru ya mu gitondo kuri Radio Rwanda arayabura niko kwinjira muri studio yirukana umunyamakuru wari wakererewe kuyavuga.
-
Paul Kagame yatsindiye kuri 98,63 Mpayimana arusha Dr Habineza
5 August 2017, by Nsanzimana ErnestImibare y’ amateganyo y’ ibyavuye mu matora ya Perezida w’ u Rwanda iragaragaza ko Paul Kagame ariwe watsinze amatora n’ amajwi 98, 63%, agakurikirwa na Mpayimana Philippe ufite 0,73 nawe agakurikirwa na Dr Frank Habineza wagize 0,47%
Perezida wa Komisiyo y’ igihugu y’ amatora yashimiye abagize uruhare bose kugira ngo amatora ya perezida w’ u Rwanda ya 2017 agende neza ashimira cyane indorerezi.
Yagize ati "Turashimira guverinoma y’ u Rwanda yatanze ingengo y’ imari ihashigije kugira ngo aya (...)