skol

Ubuzima

Kamonyi: Umubyeyi yabyaye umwana ufite amaguru atatu, kubyakira biramugora [YAVUGURUWE]

Kuri uyu wa 4 Gicurasi 2017, mu karere ka Kamonyi mu ntara y’ Amajyepfo umubyeyi yabyaye umwana (…)

Nyanza: Nyiraminani yibarutse abana bane icyarimwe

Umubyeyi witwa Nyiraminani Epiphanie wo murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza, yabyaye impanga (…)

Yatawe mu nzu y’ ubukode azira kubyara abana bafite ubumuga bw’ uruhu

Umubyeyi witwa Muhoza Janvière wari warashakiye mu karere ka Gisagara yugarijwe n’ ubukene nyuma (…)

Rulindo: Abaganga n’ abarwayi mu bitaro bishya bya Rutongo bafite impungenge ko bishobora kubagwa hejuru

Abarwayi, abaganga n’ubuyobozi bw’ibitaro bya Rutongo, biherereye mu murenge wa Cyinzuzi w’ (…)

U Rwanda ruri mu bihugu bifite ihungabana riri ku kigero cyo hejuru ku Isi, uko Leta yiteguye gufasha abahungabana (Yavuguruwe)

Dr Yvonne Kayiteshonga, Umuyobozi ushinzwe indwara zo mu mutwe Impuguke mu bijyanye n’ (…)

Nyabugogo: Begeranyaga amafaranga y’inyoroshyo yo guha abashinzwe isuku

Abafite uburiro n’utubari mu gace ka Nyabugogo baba hari amafaranga begeranyaga buri kwezi yo (…)

Minisiteri y’ ubuzima yatangije icyumweru cy’ ubukangurambaga bukomatanyije mu kwita ku buzima

Minisiteri y’ubuzima ibinyujije mu kigo cy’ igihugu cy’ ubuzima batangije icyumweru cy’ ubuzima (…)

Kigali: Umukecuru w’ inshike atunzwe na dodo akura mu mirima y’ urubingo

Anastasia Nyiramakomari ni umucekuru ubayeho mu buzima butangaje. Uwo mukecuru ari mu kigero cy’ (…)

Mu myaka itatu iri imbere ntabwo bizongera kuba ngombwa ko u Rwanda rwitabaza abanyamahanga mu kubaga umutima

Mu Rwanda hagiye gushyirwaho Ikigo cy’ igihugu cyihariye mu kuvura indwara z’ umutima. Ikigo cy’ (…)

RBC yamaganye abavuzi gakondo babeshya abaturage ko bavura indwara zose

Ikigo cy’ igihugu cy’ ubuzima mu Rwanda RBC cyamaganye abavuzi gakondo babeshya abaturage ko (…)

Nyamirambo: Bamwe mu baturage ntibafite ubwiherero, abandi bafite ubuteye impungenge

Mu murenge wa Nyamirambo Akagari ka Mumena mu mudugudu w’ Akarekare ho karere ka Nyarugenge mu (…)

Ntibakozwa ibyo kuva ku biro by’ Akarere ka Musanze batishyuwe amafaranga yabo

Abaturage bari hagati ya 200 na 215 kuva mu museso wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Gashyantare (…)

Nta muganga wemerewe gukoresha telefoni ngendanwa mu masaha y’akazi mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko nta muganga uzongera gukoresha telefoni mu masha (…)

Kamonyi : Umucekuru witwa Mukarubayiza abayeho mu buzima buteye agahinda

Umucekuru witwa Venantie Mukarubayiza utuye mu murenge wa Musambira Akarere ka Kamonyi avuga ko (…)

Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal byeguriwe abanya-Angola

Guverinoma y’u Rwanda yashyikirije Sosiyete Oshen Health Care Rwanda Ltd , imicungire y’Ibitaro (…)