skol

Mu Rwanda

Abanyarwanda 5 baburiwe irengero nyuma yo kwerekeza muri Uganda

Abanyarwanda 5 baburiwe irengero kuwa 05 Gashyantare 2019, ubwo bari bageze Kisoro muri Uganda (…)

Minisitiri Nduhungirehe yatangaje ingamba u Rwanda rwafashe ku kibazo cy’umubano mubi n’u Burundi

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga n’ubutwererane,Amb.Nduhungirehe (…)

Abarimu bo mu karere ka Nyagatare bajya mu kazi basinze banambaye nabi bafatiwe imyanzuro ikarishye

Bamwe mu barimu bo mu karere ka Nyagatare bajya mu kazi biyambariye uko babonye,abandi banyoye (…)

Perezida Kagame yazamuye mu ntera bamwe mu basirikare barwanira mu kirere

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yamaze kuzamura mu ntera yo hejuru abasirikare 16 (…)

Umwarimu w’I Nyamagabe wakekwagaho kwiba mudasobwa zahawe ikigo yarashwe ari kugerageza gutoroka

Umugabo witwa Rukundo Jean Bosco wari ushinzwe ikoranabuhanga mu Rwunge rw’Amashuri rwa Cyanika (…)

Umwarimu yatawe muri yombi akekwaho gutera inda umunyeshuli w’imyaka 17

Umwarimu w’imyaka 30 wigisha ku kigo cya GS Kibondo mu karere ka Gatsibo,mu murenge wa (…)

Minisitiri Nduhungirehe yanyomoje amakuru yavugaga ko Uburundi butishimiye itorwa rya Perezida Kagame ryo kuyobora EAC

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ Ububanyi n’ amahanga, Amb, Olivier Nduhungirehe, (…)

Huye: Ataka igihombo gikomeye yatewe no gufunga Hotel Faucon, ariko afite ikizere

Batamuliza Isabelle, umwe mu bacururiza mu mujyi wa Huye, Umuryango we akaba aribo ba nyiri (…)

Ifoto y’umunsi:Perezida Kagame yagaragaye ari kuganira na Visi perezida wa mbere w’Uburundi

Ibitangazamakuru bitandukanye muri aka karere bikomeje kwibaza icyo perezida Paul Kagame w’ u (…)

Perezida Kagame yatorewe kuyobora umuryango wa EAC

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye atorewe inshingano zo kuyobora Umuryango wa Afurika (…)

Mukaperezida yatandukanye n’abagabo 3 mbere y’uko ashakana na Kwizera arusha imyaka 27

Umukobwa witwa Uwamariya Francine usanzwe ari uwa Mukaperezida Clotlide uherutse gushakana (…)

Ushinzwe itangazamakuru muri White House yahawe urw’amenyo azira kuvuga ko Trump yoherejwe n’Imana

Sarah Sanders ushinzwe itangazamakuru muri White House,yabwiye ikinyamakuru CBN ko Donald Trump (…)

Abarimu bagiye gutangira gukoreshwa ikizamini cy’icyongereza

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko muri uyu mwaka abarimu bigisha muri Kaminuza no mu mashuri (…)