skol

Mu Rwanda

U Rwanda rwashyize hanze impapuro zo guta muri yombi Kayumba Nyamwasa n’abandi bayobozi ba P5

Leta y’u Rwanda yamaze gushyira hanze impapuro zo guta muri yombi Kayumba Nyamwasa uyobora (…)

Ruhango:Umugabo yatawe muri yombi nyuma yo kurarana n’umugore w’abandi bugacya yapfuye

Umugabo witwa Kanyeshyamba Viateur ukomoka mu murenge wa Ruhango mu karere ka Ruhango, yatawe (…)

Malawi yohereje mu Rwanda Vincent Murekezi uregwa gukora Jenoside I Butare

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki ya 28 Mutarama 2019, nibwo Vincent Murekezi uregwa (…)

U Rwanda rugiye kohereza bwa mbere icyogajuru mu kirere

Leta y’u Rwanda yiteguye kohereza mu kirere icyogajuru muri Gicurasi uyu mwaka rwakorewe ku (…)

Perezida Kagame yahaye ubutumwa bukomeye umuperezida ugiye kumusimbura ku buyobozi bwa AU

Nyakubahwa perezida wa Repubulika y’u Rwanda,Paul Kagame,yabwiye mugenzi we wa Misiri, Abdel (…)

Huye: (Video) Abagororwa bagerageje gutoroka baricwa. Umva uko byagenze n’ikiri gukorwa

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Mutarama 2019, abagororwa 5 bari bafungiwe ubujura (…)

Abagororwa 5 baraye barasiwe muri gereza ya Huye bari bafungiwe ubujura [Yavuguruwe]

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Mutarama 2019, abagororwa 3 bari bafungiwe ubujura (…)

Umuyobozi wa TIR yavuze amagambo akomeye ku ihuzagurika rya REB

Umuyobozi wa Transparency International Rwanda [TIR], Ingabire Marie Immaculée, yavuze ko (…)

RDC yamaganye bikomeye ibyemezo byafatiwe mu nama ya AU

Repubulika iharanira Demokarasi ya kongo yamaganye bikomeye ibyemezo byafatiwe mu nama y’abakuru (…)

Gasabo:Gaz yaturitse yica uwari uyitetseho isenya n’ inzu

Umugore witwa Nagapfura Brigitte w’imyaka 35 utuye mu murenge wa Gisozi mu karere ka Gasabo, mu (…)

Minisitiri Nduhungirehe yakozwe ku mutima n’amashusho y’indirimbo ya King James

Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Amb.Olivier Nduhungirehe yatangaje (…)

RRA irishyuza Anne Rwigara imisoro ingana na Miliyari Enye z’amafaranga y’u Rwanda

Ikigo cy’imisoro n’amahoro, Rwanda Revenue Authority, kirishyuza Anne Rwigara wari ukuriye (…)

Perezida Kagame yababariye ba bana batsindiye ibizamini bya Leta muri Gereza

Umukuru w’igihugu Nyakubahwa Paul Kagame yababariye abana abana 16 barimo abakobwa batatu, bari (…)

Nyamirambo:Abanyerondo bategetswe kurinda irimbi kubera ibisambo bitaburura imirambo iyishyinguwemo

Abanyerondo b’I Nyamirambo bategetswe kurinda irimbi riherereye ahitwa mu Rugarama mu Murenge wa (…)

Umwarimu wa IPRC Gishari yatawe muri yombi azira gusinziriza umuhungu w’imyaka 17 akamukoresha ubutinganyi

Umwarimu wigisha mu ishuri rikuru ry’ubumenyingiro rya IPRC Gishari riherereye mu Karere ka (…)