skol

Mu Rwanda

u Burundi bwanyomoje raporo ya ONU ibushinja gufasha imitwe irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda

Igihugu cy’u Burundi cyamaganye Raporo yo ku wa 31 Ukuboza 2018 yatangajwe n’impuguke z’Akanama (…)

Kayumba Nyamwasa ari mu mazi abira kubera gushinga imitwe irwanya u Rwanda

Kayumba Nyamwasa utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda ashobora gufungwa kubera ibyaha akekwaho (…)

Leta y’u Rwanda yaburiye ibihugu bikomeje gushyigikira imitwe y’inyeshyamba ziyirwanya

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda akaba n’umuvugizi wa Leta, Dr Sezibera Richard (…)

REB yahaye abanyeshuli batsinze ikizamini cya Leta mu mashuli abanza ibigo idatangaje inota fatizo ryagendeweho

Ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi REB cyamaze guha abanyeshuli batsinze ibizamini bya Leta mu (…)

Musoni James yamaze gutanga impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Zimbabwe

Ambasaderi James Musoni yashyikirije Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, impapuro (…)

Louise Mushikiwabo yatangiye kuyobora OIF ku mugaragaro [AMAFOTO]

Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo uherutse gukora amateka yo gutorerwa kuba umunyamabanga (…)

REB yahinduye uburyo abanyeshuli batsinze ibizamini bya Leta bahabwaga ibigo by’amashuli bakomerezaho

Ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi cyatangaje ko kitazongera guhamagara abayobozi b’amashuli ngo (…)

Imvura idasanzwe yasenye inzu 228 yangiza na hegitari 183 z’imyaka mu karere ka Kirehe

Abatuye akarere ka Kirehe ntikatangiye neza umwaka wa 2019 kuko imvura idasanzwe yaraye (…)

Perezida Nkurunziza yasabye u Rwanda ko banoza umubano

Perezida w’u Burundi,Pierre Nkurunziza yatangaje ko yifuza ko u Rwanda n’u Burundi bavugurura (…)

MINEDUC yatangaje igihe umwaka w’amashuli uzongera gutangira muri Nzeri

Minisiteri y’Uburezi,MINEDUC, yatangaje ko yatangiye kwiga ku ngengagihe nshya ku buryo umwaka (…)

Umugore yiyahuriye muri Nyabarongo ahetse umwana w’uruhinja

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere Taliki ya 31 Ukuboza 2018,umugore utaramenyekana amazina ye (…)

Byamungu wakoraga muri BRD n’ abana be 4 bapfiriye mu mpanuka y’imodoka muri Uganda

Umunyarwanda Byamungu Livingstone wari ushinzwe ishoramari muri RDB,yaraye aguye mu mpanuka (…)