skol

Mu Rwanda

Uko isi yiriwe kuwa 14 Mutarama 2019:Perezida Kagame yakiriye Perezida Obiang Nguema wa Guinée équatoriale

Perezida Teodoro Obiang Nguema wa Guinea Equatoriale yabaye perezida wa mbere usuye u Rwanda (…)

Huye:Ababyeyi bajyanye abana ku ishuli basanga imyanya yaruzuye kandi ariho REB yabohereje

Ikibazo cy’ibigo by’amashuli gikomeje kuba ingorabahizi kuko REB yagiye itanga ibigo by’amashuli (…)

Obiang Nguema yabaye perezida wa mbere usuye u Rwanda muri 2019

Perezida wa repubulika Paul Kagame arakira Perezida wa Guinée Equatoriale, Teodoro Obiang Nguema (…)

Perezida Kagame yasabye abayobozi guterwa isoni n’abantu barwaye bwaki

Peredida wa Repubulika y’u Rwanda yasabye abayobozi batandukanye bari mu muhango wo gusengera (…)

Perezida Paul Kagame,madamu we n’abandi bayobozi basaga 700 bitabiriye umuhango wo gusengera igihugu [AMAFOTO]

Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Madamu we Jeannette bari kumwe n’abagize guverinoma (…)

Minisitiri w’Uburezi yanenze bikomeye ababyeyi bafasha ibigo by’amashuli kongera Minerval

Minisitiri w’Uburezi, Dr Mutimura Eugene yihanije abayobozi b’ibigo by’amashuli ko badakwiriye (…)

Umugore wari umaze imyaka 5 yarabuze urubyaro yataye umwana we w’imfura mu musarani bitera benshi urujijo

Umugore witwa Uwamahoro Angelique ukomoka mu Karere ka Muhanga yateye benshi urujijo kuko yataye (…)

Uko isi yiriwe kuwa 09 Mutarama 2019:MINEDUC yavugurje WDA yari yahagaritse ibigo 69

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko amashuri yose azatangirira rimwe kuwa 14 Mutarama 2019,ndetse (…)

MINEDUC yasabye abayobozi b’ibigo by’amashuli guhagarika kongera amafaranga y’ishuli

Minisiteri w’Uburezi,Dr Dr Eugène Mutimura,yamaze kubuza abayobozi b’ibigo by’amashuli ya Leta (…)

Abanyamuryango ba SACCO I Rubavu bari kurira ayo kwarika kubera kudahabwa amafaranga bayibikijemo

Abanyamuryango ba Koperative Sacco y’Umurenge wa Rugerero (KOISARU) mu Karere ka Rubavu bari mu (…)

WDA yafunze ibigo byigisha ubumenyingiro birindwi ihagarika ibigera kuri 62

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyingiro,WDA, cyafashe umwanzuro wo gufunga ibigo birindwi, (…)

Ubushinjacyaha bukuru bwa Leta bwahagaritse kujuririra icyemezo cyagize abere abo kwa Rwigara

Ubushinjacyaha bukuru bw’u Rwanda bwatangaje ko bwahagaritse ibyo kujuririra icyemezo cyafashwe (…)

Abakongomani batumye inzu zikodeshwa I Rubavu zizamura igiciro

Benshi mu bakongomani bari kwisuka I Rubavu kubera ubwoba bw’umutekano batekereza ko ushobora (…)

U Rwanda na RDC batangiye ibiganiro byo kohereza mu Rwanda abayobozi ba FDLR bafashwe n’ingabo za RDC

Leta y’u Rwanda n’iya RDC batangiye ibiganiro byo gufashanya, abayobozi ba FDLR bafashwe (…)

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’umwami w’abami w’Ubuyapani [AMAFOTO]

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda,Nyakubahwa Paul Kagame na madamu we,Jeannette bagiranye (…)