Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko mu ijoro ryo ku wa 31 Mutarama kugeza ku ya 1 Gashyantare 2026 ryagabye igitero cya drones ku kibuga...
Minisitiri w’intebe, Justin Nsengiyumva, yijeje perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ko hagiye gushyirwa imbaraga mu kunoza imikorere n’imikoranire mu nzego.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yanenze abashinja u Rwanda kuvugurura imyitwarire yarwo ku kibazo cya Congo, nyuma y’uko havuzwe ko rufite uburyo rukorana n’umutwe wa M23 mu kumenya amakuru...
Umugabo w’imyaka 30 witwa Mbituyimana Ildephonse yishwe atewe icyuma na Twagirimana Erneste w’imyaka 44 mu Mudugudu wa Musagara, Akagari ka Rucyeri, Umurenge wa Kiyumba, Akarere ka Muhanga.
Ku wa 05 Gashyantare 2026 muri Convetion Center, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yatangije ku mugaragaro Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 20, biteganyijwe ko izamara...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ku bayobozi batubahiriza inshingano mu gihe baba bahawe ibyangombwa byose bityo ko utazubahirije agomba kubibazwa byaba ngombwa akabyishyura.
Umuhungu wa Perezida Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba, akaba n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, yikomye Minisitiri w’Itumanaho muri iki gihugu, Dr Chris Baryomunsi, nyuma y’uko avuze ko bimwe mu...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko hari gutekerezwa uko mu gihe kiri imbere n’abahungu bashobora kujya bakingirwa virusi ya HPV, itera kanseri y’inkondo y’umura ku bakobwa...