Abantu 9 bakomerekeye mu mpanuka yabereye mu Karere ka Kamonyi, mu Murenge wa Runda,ahazwi nko ku Ruyenzi, aho imodoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange izwi nka Twegerane (Toyota Hiace) yagonze...
Iyo uganiriye n’Abanyarwanda bagendaga Umujyi wa Goma ukigenzurwa n’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hari ibyo bakubwira ukagira ngo uri kurota; abataramburwaga,...
Bruce Melodie wari umaze iminsi mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo ye nshya ‘ Pom Pom’, mbere yo gutaha yabanje gusura Ambasade y’u Rwanda agirana ibiganiro na Amb. Gen. Patrick Nyamvumba ku...
Abantu bitwaje intwaro bikekwa ko ari ab’imitwe y’iterabwoba bishe abantu 162, banatwika inzu zirimo n’amaduka mu gitero cyagabwe mu mudugudu wa Woro, uri muri Leta ya Kwara mu Burengerazuba bwa...
Mivumbi Joseph w’imyaka 68 wo mu Murenge wa Nzahaha, Akarere ka Rusizi umuryango we uvuga ko hari hashize amezi 3 waramubuze, umurambo we ukaba wasanzwe mu cyobo kiri muri kimwe mu byumba by’inzu...
U Rwanda na Brazil byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu ishoramari n’ubucuruzi agamije guteza imbere umubano w’ibihugu byombi no kwihutisha iterambere rishingiye ku bufatanye bw’ubukungu.
Umuryango FPR Inkotanyi watangaje ko Umunyamabanga Mukuru wayo, Amb. Christophe Bazivamo yakiriye mu biro bye, Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Einat Weiss.
Ingabo za Leta ya Sudan zatangaje ko zisubije umujyi wa Kadugli, umurwa mukuru w’intara ya majyepfo ya Kordofan, wari warigaruriwe n’ingabo z’umutwe witwaje intwaro wa RSF.
Polisi yo mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa yasatse ibiro bikoreramo urubuga nkoranyambaga rwa X, ndetse nyirarwo, Elon Musk asabwa kwitaba kugira ngo abazwe bimwe mu bibazo biri mu mikorere yarwo.