Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Khartoum kuri iki Cyumweru, tariki ya 01 Gashyantare 2026, cyongeye kugwaho indege nyuma y’imyaka irenga ibiri nta ndege igwa kuri ubwo butaka kubera imirwano...
Peter Mandelson wabaye Minisitiri mu Bwongereza yasezeye mu ishyaka ry’Abakozi riri ku butegetsi nyuma yo kugaragara mu nyandiko zigize dosiye ya Jeffrey Epstein washinjwe gucuruza abana hagamijwe...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Mutarama 2026, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yagiranye ikiganiro cyihariye (tête-à-tête) na Faure Gnassingbé, Perezida wa Togo...
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yatangaje ko ku wa 2 Gashyantare 2026 ari umunsi w’ikiruhuko rusange mu rwego rwo kwizihiza Umunsi w’Intwari.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Dr. Edouard Bizimana, yatangaje ko igihugu cye kititeguye gufungura imipaka yo ku butaka gihuriyeho na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.