skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Abanyarwanda batuye i Arusha na Moshi muri Tanzania bizihije Umunsi w’Intwari z’u Rwanda

Abanyarwanda batuye i Arusha n’abatuye i Moshi muri Tanzania, bahuriye mu birori byo kwizihiza Umunsi w’Intwari z’u Rwanda, zizirikanwa buri mwaka tariki 1 Gashyantare.
2 February 2026 Yasuwe: 247 0

Umunye-Congo Denis Mukwege mu bakandida bashobora guhatana na Mushikiwabo ku buyobozi bwa OIF

Umunye-Congo wegukanye igihembo cyitiriwe Nobel mu 2018, Dr. Denis Mukwege, ashobora kuzahatanira n’Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo umwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango OIF uhuza ibihugu...
2 February 2026 Yasuwe: 222 0

Sudan: I Khartoum hongeye kugwa indenge nyuma y’imyaka irenga ibiri

Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Khartoum kuri iki Cyumweru, tariki ya 01 Gashyantare 2026, cyongeye kugwaho indege nyuma y’imyaka irenga ibiri nta ndege igwa kuri ubwo butaka kubera imirwano...
2 February 2026 Yasuwe: 164 0

U Bwongereza: Uwabaye Minisitiri yavuye mu ishyaka ry’Abakozi kubera dosiye ya Epstein

Peter Mandelson wabaye Minisitiri mu Bwongereza yasezeye mu ishyaka ry’Abakozi riri ku butegetsi nyuma yo kugaragara mu nyandiko zigize dosiye ya Jeffrey Epstein washinjwe gucuruza abana hagamijwe...
2 February 2026 Yasuwe: 120 0

Amazon iri mu biganiro byo gushora miliyari 50$ muri OpenAI

Amazon iri mu biganiro byo gushora ashobora kugera kuri 50 z’Amadolari ya Amerika muri OpenAI yakoze porogaramu y’ubwenge bw’ubukorano ya ChatGPT.
30 January 2026 Yasuwe: 259 0

Perezida Kagame yaganiriye n’abarimo Perezida wa Togo ku kibazo cya RDC

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Mutarama 2026, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yagiranye ikiganiro cyihariye (tête-à-tête) na Faure Gnassingbé, Perezida wa Togo...
30 January 2026 Yasuwe: 376 0

MIFOTRA yatanze ikiruhuko cy’Umunsi w’Intwari

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yatangaje ko ku wa 2 Gashyantare 2026 ari umunsi w’ikiruhuko rusange mu rwego rwo kwizihiza Umunsi w’Intwari.
30 January 2026 Yasuwe: 673 0

Huye: Uwasambanyijwe ku myaka 16 agowe no kurera umwana ufite ubumuga bukomatanyije

Yatewe inda akiri umwangavu w’imyaka 16 y’amavuko, agira ibyago byo kubyara umwana ufite ubumuga bukomatanyije burimo ubwo kutumva, kutavuga n’ubw’ingingo.
30 January 2026 Yasuwe: 501 0

U Burundi bwavuze ko budateganya gufungura imipaka yabwo na RDC ndetse no kurekura impunzi z’Abanye-Congo

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Dr. Edouard Bizimana, yatangaje ko igihugu cye kititeguye gufungura imipaka yo ku butaka gihuriyeho na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
30 January 2026 Yasuwe: 408 0

Uganda: Minisitiri w’Intebe yasabye Bobi Wine kureka urwenya, kuko ntawurikumuhiga

Minisitiri w’Intebe wa Uganda, Robinah Nabbanja, yasabye Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine guhagarika ibyo yise gukina urwenya agasubira mu rugo kuko nta muntu urimo kumuhiga.
30 January 2026 Yasuwe: 504 0