skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Hakim Ziyech yanze kujya muri RDC ku bw’umutekano we

Hakim Ziyech ukinira Wydad AC yanze kujyana na bagenzi be muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), kuko atizeye umutekano w’aho bazakinira umukino wa CAF Confederation Cup.
30 January 2026 Yasuwe: 782 0

U Bushinwa na Amerika mu ihangana ryo kubaka ububiko bw’amakuru mu isanzure

U Bushinwa burateganya kuba bwarubatse ibigo by’ububiko bw’amakuru mu isanzure mu myaka itanu iri imbere, aho intego ari ukuzajya hatunganyirizwa amakuru aho kuba ku Isi.
30 January 2026 Yasuwe: 218 0

Rutsiro: Umusore w’imyaka 23 afungiwe gusambanya umwana w’imyaka 9

Umusore w’imyaka 23 wo mu Karere ka Rutsiro yatawe muri yombi akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka icyenda, akaba mubyara we babanaga kwa nyirakuru ubyara ababyeyi babo.
30 January 2026 Yasuwe: 352 0

Kivu y’Amajyepfo: Abasivile batanu bishwe n’igisasu muri santere ya Sange

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko imitwe y’ingabo ishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yajugunye igisasu mu isoko ryo muri santere ya Sange mu ntara ya Kivu...
30 January 2026 Yasuwe: 307 0

Trump yise akaga imikoranire y’u Bwongereza n’u Bushinwa

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yavuze ko imikoranire y’u Bwongereza n’u Bushinwa igamije kongera ishoramari n’ubucuruzi ari akaga gakomeye.
30 January 2026 Yasuwe: 240 0

U Rwanda na Pakistan byemeranyije gukorana ubucuruzi hifashishijwe icyambu cya Gwadar

Pakistan n’u Rwanda byemeranyije gukomeza ubufatanye mu bucuruzi binyuze mu gukoresha icyambu cya Gwadar nk’uburyo buhuriweho bwo kohereza ibicuruzwa ku masoko yo muri Afurika binyuze mu ngendo zo...
30 January 2026 Yasuwe: 215 0

FARDC yisunze FDLR mu rugamba rwo kwambura Twirwaneho agace ka Point-Zéro

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, iz’u Burundi n’imitwe ya Wazalendo byisubije agace ka Point-Zéro mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo kwifashisha drones nyinshi mu rugamba...
30 January 2026 Yasuwe: 458 0

Venezuela yavuye ku izima, yemerera abikorera gucukura peteroli

Perezida w’Inzibacyuho wa Venezuela, Delcy Rodriguez, yatangaje ko yasinye umushinga w’itegeko ryemerera ibigo byigenga kwinjira mu bucukuzi bwa peteroli, aho gukorwa na leta gusa.
30 January 2026 Yasuwe: 175 0

RCS yatangaje ko abagororwa umunani batorotse amagororero mu mwaka umwe

Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) rwatangaje ko kuva mu 2025 kugeza ubu hari abagororwa umunani batorotse amagororero yo hirya no hino mu gihugu, batandatu muri bo barafatwa bongera gufungwa.
30 January 2026 Yasuwe: 217 0

Umushinga wo kubaka uruganda rutunganya gaz muri Cabo Delgado wasubukuwe

Ku wa 29 Mutarama 2026, Leta ya Mozambique n’ikigo TotalEnergies gifite icyicaro gikuru mu Bufaransa, byasubukuye umushinga mugari wo kubaka uruganda ruzajya rutunganya gaz mu Ntara ya Cabo Delgado.
30 January 2026 Yasuwe: 196 0