Abahanzi bakomeye mu njyana ya hip-hop mu Rwanda , barimo Bull Dogg, B-Threy, Logan Joe, Fifi Laya, Pro Zed bagiye guhurira mu gitaramo cyihariye cyitwa Mic Tribe kigiye kuba ku nshuro ya 3...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yiteguye kwakirana ubwuzu Inama ya 66 y’Ihuriro Mpuzamahanga ryita ku itegurwa ry’Inama (International Congress and Convention Association – ICCA), itegerejwe...
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’umutwe wa AFC/M23 bashyize umukono ku byiswe Terms of Reference (amategeko ngenderwaho) i Doha muri Qatar, bigamije gutanga ububasha...
Hari izina rimwe ritavuzwe cyane mu nkuru zivuga kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nyamara rikwiye kwitabwaho no kwandikwa mu mateka. Uwo nta wundi ni Arkiyepiskopi Giuseppe Bertello, ubu...
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Qatar yatangaje ko mu nama yabereye muri iki gihugu ihuje AFC/M23 na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hasabwe ko ingabo z’ubutumwa bw’amahoro...