Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyagaragaje kanseri ziganje mu Rwanda ku bagore n’abagabo aho by’umwihariko iya prostate ari yo abagabo barwara cyane mu gihe iy’ibere ari yo yugarije abagore benshi.
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascene Bizimana, yerekanye ko abaturage bagera kuri 84,8% batashakaga ko Abanyarwanda bahunze bataha mu gihugu cyabo...
Umuyobozi w’Ishami ry’Igisirikare cy’u Budage rishinzwe iby’Ikirere, Gen Michael Traut, yavuze ko u Budage buteganya gukoresha miliyari 41$ mu kugura ibikoresho bya gisirikare bikoreshwa mu kirere,...
u wa 30 Mutarama 2026, Muri Sudani y’Epfo hasohotse iteka rya perezida, rishyira mu mwanya Steward Soroba Budia wo kuba umwe mu itsinda rishinzwe gukurikirana itegurwa ry’amatora y’umukuru...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibimenyetso bishigiye ku Bumenyi n’Ubuhanga bikoreshwa mu Butabera (Rwanda Forensic Institute, RFI) bugaragaza ko hari ibyaha bisigaye byaragabanyutse mu muryango...