skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Ibyo wamenya ku mabwiriza agenga kubika inyandiko z’agaciro

U Rwanda rwasohoye amabwiriza mashya agenga uburyo bwo gutanga uruhushya ku bigo bitanga serivisi zo kubika no guhererekanya inyandiko z’agaciro (Central Securities Depositories – CSDs), hagamijwe...
4 February 2026 Yasuwe: 137 0

Venezuela: Abantu ibihumbi bigaragambije basaba ko Maduro arekurwa

Ibihumbi by’abantu bakoze imyigaragambyo y’amahoro mu murwa mukuru wa Venezuela, Caracas basaba ko Perezida Nicolás Maduro n’umugore we, Cilia Flores, barekurwa nyuma y’ukwezi ashimuswe na Leta...
4 February 2026 Yasuwe: 245 0

RBC yagaragaje ko Kanseri ya prostate n’iy’ibere zugarije Abanyarwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyagaragaje kanseri ziganje mu Rwanda ku bagore n’abagabo aho by’umwihariko iya prostate ari yo abagabo barwara cyane mu gihe iy’ibere ari yo yugarije abagore benshi.
4 February 2026 Yasuwe: 199 0

Abagera kuri 84,8% ntibashakaga ko Abanyarwanda bahunze mbere ya 1990 bataha

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascene Bizimana, yerekanye ko abaturage bagera kuri 84,8% batashakaga ko Abanyarwanda bahunze bataha mu gihugu cyabo...
4 February 2026 Yasuwe: 173 0

Bill Gates yigaramye ubutumwa bwa Eptsein bw’uko yanduriye indwara mu busambanyi

Bill Gates yigaramye ubutumwa bwa Jeffrey Epstein, buvuga ko uyu munyemari yigeze kwanduzwa indwara zandurira mu mubibonano mpuzabitsina n’Umurusiyakazi baryamanye.
4 February 2026 Yasuwe: 164 0

U Budage bugiye gushora miliyari 41 $ mu ntwaro zikoreshwa mu isanzure

Umuyobozi w’Ishami ry’Igisirikare cy’u Budage rishinzwe iby’Ikirere, Gen Michael Traut, yavuze ko u Budage buteganya gukoresha miliyari 41$ mu kugura ibikoresho bya gisirikare bikoreshwa mu kirere,...
4 February 2026 Yasuwe: 115 0

Perezida Salva Kiir yahaye inshingano umaze imyaka itanu apfuye

u wa 30 Mutarama 2026, Muri Sudani y’Epfo hasohotse iteka rya perezida, rishyira mu mwanya Steward Soroba Budia wo kuba umwe mu itsinda rishinzwe gukurikirana itegurwa ry’amatora y’umukuru...
4 February 2026 Yasuwe: 298 0

RIB yaburiye abatanga impano z’indabo zirimo inote mu bihe bya ‘Saint Valentin’

Mu gihe abantu banyuranye bari mu myiteguro y’umunsi wahariwe abakundana ‘St Valentin’ Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB rwuburiye abahana impano z’indabo zirimo inote (amafaranga) ko bigize icyaha.
4 February 2026 Yasuwe: 274 0

Obasanjo yasabye ko ibibazo byo muri RDC bikemurwa guhera mu mizi ya kera

Olusegun Obasanjo uri mu bahuza bashyizweho n’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe kugira ngo bafashe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gukemura ibibazo byayo, yagaragaje ko kugira ngo bikemuke...
4 February 2026 Yasuwe: 193 0

RFI yabaye ishyiga ry’inyuma mu kugabanya ibyaha by’uburiganya mu Rwanda

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibimenyetso bishigiye ku Bumenyi n’Ubuhanga bikoreshwa mu Butabera (Rwanda Forensic Institute, RFI) bugaragaza ko hari ibyaha bisigaye byaragabanyutse mu muryango...
3 February 2026 Yasuwe: 174 0