Umuririmbyi Rukundo Christian wamamaye nka Chriss Eazy, agiye gukorera ibitaramo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu rwego rwo kwagura ibikorwa bye ku rwego mpuzamahanga.
Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama ya Global Gateway Forum 2025 iri kubera mu Bubiligi, Perezida Antoine Felix Tshisekedi yasabye Perezida Kagame kumuramburira ukuboko bagafatanya kugarura...
Sabato Mupenzi w’imyaka 27 yatawe muri yombi na Polisi ikorera mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Ndera akekwaho ubujura no kwangiza ibikorwa remezo by’amashanyarazi.
Gakumba Patrick wamamaye nka Super Manager yafashije ikipe ya Bandari Football Club yo muri Kenya kubona umutoza Mohammed Borji ukomoka muri Morocco aho afite ibigwi birimo kuba yarakinnye igikombe...
Ingabire Immaculée wari Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, umuryango urwanya ruswa n’akarengane, yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane azize uburwayi ku myaka 64 y’amavuko.
Perezida Paul Kagame ari mu Bubiligi mu nama y’Abakuru b’Ibihugu yiga uko Isi yarushaho kwegerana, no gukemura ibibazo bitandukanye bishingiye ku bukungu.