skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Nyanza: Umwarimu afunzwe akekwaho gukubita umuturage

Umwarimu wigisha mu mashuri abanza ku ishuri riherereye mu murenge wa Rwabicuma, mu karere ka Nyanza afunzwe akekwaho gukubita umuturage afatanyije n’abandi.
8 October 2025 Yasuwe: 590 0

BADEA yahaye u Rwanda inguzanyo ya miliyoni 45$

Banki y’Abarabu y’Iterambere ry’Ubukungu muri Afurika (BADEA) yahaye u Rwanda inguzanyo ya miliyoni 45$.
8 October 2025 Yasuwe: 295 0

U Buhinde: Inkangu yagwiriye imodoka yica abantu 15

Inkangu yatewe n’imvura idasanzwe yaguye mu Majyaruguru ya Leta ya Himachal Pradesh mu Buhinde, yahitanye abantu 15 bari mu modoka, abarenga batatu barakomereka mu gihe ibikorwa by’ubutabazi...
8 October 2025 Yasuwe: 213 0

Abaturage batwitse abaganga bane babashinja ubupfumu

Muri teritwari ya Isangi, mu Ntara ya Tshopo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, abaturage batwitse abaganga bane babashinja ubupfumu, nyuma yo kubakekaho guca ibice by’imyororokere...
8 October 2025 Yasuwe: 521 0

Polisi yataye muri yombi abagabo bashakishwaga kubera ibyaha by’ubujura bakekwaho

Polisi ikorera mu Karere ka Kicukiro ifatanije n’izindi nzego z’umutekano yafatiye abagabo Bane mu Murenge wa Masaka, Akagali ka Rusheshe, Umudugudu wa Kanyetabi, bose bari bamaze iminsi...
8 October 2025 Yasuwe: 243 0

Dosiye y’Umuyobozi ukekwaho kwaka no kwakira indonke yageze mu Bushinjacyaha

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwohereje mu Bushinjacyaha, dosiye y’Umuyobozi w’Ishami ry’Ubuzima n’Imibereho mu Karere ka Gasabo ukurikiranyweho kwaka no kwakira indonke.
8 October 2025 Yasuwe: 317 0

Abanyarwanda babaga muri Congo batahutse

Imiryango 106 igizwe n’Abanyarwanda 387 yatahutse iva mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho yari imaze imyaka myinshi muri icyo Gihugu.
8 October 2025 Yasuwe: 240 0

Perezida wa Ecuador yarokotse igitero cy’abashakaga kumwica

Perezida wa Ecuador Daniel Noboa, yarokotse igitero cy’abigaragambyaga cyagabwe ku modoka, aho byavuzwe ko cyari kigamije kumwivugana bamuteye amabuye nubwo abigaragambya bavuze ko bakorewe urugomo.
8 October 2025 Yasuwe: 264 0

Igiciro cya zahabu cyatumbagiye

Igiciro cya zahabu cyageze ku 129,76$ ku igarama rimwe nyuma y’aho abashoramari batangiye kuzigura ku bwinshi mu rwego rwo kuzigama imitungo yabo kugira ngo idatakaza agaciro.
8 October 2025 Yasuwe: 690 0

Kivu y’Amajyepfo: M23 iri gusatira santere ya Shabunda

Umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uri gusatira santere ya Shabunda mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu gihe ikomeje guhangana n’ihuriro...
8 October 2025 Yasuwe: 318 0