skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

U Burusiya bwafashe ibilometero 5000 by’ubutaka bwa Ukraine mu 2025

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko mu 2025, ingabo ze zafashe ibilometero 5000 by’ubutaka bwa Ukraine, agaragaza ko zikomeje gutsinda urugamba mu buryo bwose.
8 October 2025 Yasuwe: 168 0

Perezida wa FERWAFA ari mu bahawe inshingano muri FIFA

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Shema Fabrice, ari mu bahawe inshingano mu Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA.
8 October 2025 Yasuwe: 538 0

Ku nshuro ya mbere u Burundi bwohereje amabuye y’agaciro mu mahanga

Leta y’u Burundi yatangaje ko ku nshuro ya mbere yohereje ku isoko mpuzamahanga amabuye y’agaciro yacukuwe mu birombe by’iki gihugu, birimo ibiri i Bururi, mu Kirundo n’i Bubanza.
8 October 2025 Yasuwe: 559 0

Abadepite bemeje amasezerano u Rwanda rwagiranye n’ibihugu 12

Abadepite batoye amategeko yemerera kwemeza burundu amasezerano yo gutwara abantu n’ibintu mu kirere hagati y’u Rwanda n’ibihugu 12, hagamijwe kwagura ubufatanye n’imihahirane.
8 October 2025 Yasuwe: 149 0

Cristiano Ronaldo yahawe igihembo ashimangira ko agifite igihe cyo gukina ruhago

Cristiano Ronaldo yahawe igihembo n’ikipe y’igihugu ya Portugal mu rwego rwo kumushimira imyaka 22 amaze ayikinira atangaza ko agishaka gukomeza gukina umupira w’amaguru indi myaka micye.
8 October 2025 Yasuwe: 323 0

Hagiye gusohoka Album ya nyuma ya Bizimungu Dieudonné wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Kompanyi yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitwa Mississippi Records yatangaje ko igiye gusohora Album y’umuhanzi Bizimungu Dieudonné, umwe mu baririmbyi b’Abanyarwanda bishwe muri Jenoside...
8 October 2025 Yasuwe: 268 0

RIB yafunze ushinzwe ubuzima mu Karere ka Gasabo

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umuyobozi w’Ishami ry’Ubuzima n’Imibereho mu Karere ka Gasabo.
8 October 2025 Yasuwe: 278 0

Mbonyumwami Thaiba yongerewe mu Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’

Rutahizamu wa Marine FC, Mbonyumwami Thaiba, yahamagawe mu Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, kugira ngo asimbure Joy-Lance Mikels wagize imvune yatumye atitabira.
7 October 2025 Yasuwe: 513 0

U Buyapani: Umuyobozi muri Ruhago wafashwe areba ’Pornographie’ ari mu mazi abira

Umunyamabanga w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Buyapani, Masanaga Kageyama, yakatiwe igifungo cy’amezi 18 asubitse nyuma yo gufatwa areba amashusho y’ubusambanyi bukorerwa abana.
7 October 2025 Yasuwe: 330 0

U Rwanda rukeneye miliyari 300 Frw zo kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima

Guverinoma y’u Rwanda yamuritse politiki ijyanye no gushora imari mu mishinga irengera ibidukikije n’urusobe rw’ibinyabuzima, igaragaza ko ikeneye miliyari 300 Frw kugira ngo intego yihaye yo...
7 October 2025 Yasuwe: 221 0