Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko mu 2025, ingabo ze zafashe ibilometero 5000 by’ubutaka bwa Ukraine, agaragaza ko zikomeje gutsinda urugamba mu buryo bwose.
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Shema Fabrice, ari mu bahawe inshingano mu Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA.
Leta y’u Burundi yatangaje ko ku nshuro ya mbere yohereje ku isoko mpuzamahanga amabuye y’agaciro yacukuwe mu birombe by’iki gihugu, birimo ibiri i Bururi, mu Kirundo n’i Bubanza.
Cristiano Ronaldo yahawe igihembo n’ikipe y’igihugu ya Portugal mu rwego rwo kumushimira imyaka 22 amaze ayikinira atangaza ko agishaka gukomeza gukina umupira w’amaguru indi myaka micye.
Kompanyi yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitwa Mississippi Records yatangaje ko igiye gusohora Album y’umuhanzi Bizimungu Dieudonné, umwe mu baririmbyi b’Abanyarwanda bishwe muri Jenoside...