Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yavuze ko intambara ikomeje kubera muri Gaza yangije isura ya Israel mu mahanga.
Mu ijoro ryo ku wa 5 Ukwakira 2025 mu Intare Conference Arena, Israel Mbonyi yamuritse album ye ya gatanu yise ‘Hobe’ igizwe n’indirimbo 14 ziri mu ndimi eshatu zirimo Ikinyarwanda, Icyongereza...
Umuhanzikazi w’icyamamare ku Isi akaba n’umushabitsi ukomeye mu bijyanye n’imideli, Rihanna, yagaragaye bwa mbere mu ruhame nyuma yo kubyara umwana wa gatatu n’umukunzi we A$AP Rocky.
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko urugendo ruganisha ku mahoro u Rwanda na RDC birimo bigizwemo uruhare na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rugomba gutanga umusaruro uko...
Mu Mujyi wa Chicago muri Amerika hakomeje gukazwa ibikorwa byo gukurikirana no guhiga bukware abimukira binjiye muri Amerika mu buryo bunyuranyije n’amategeko, ibintu byateye imyigaragambyo...
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats akaba n’umushoramari, Oluwatosin Ajibade, uzwi cyane ku izina rya Mr Eazi, yatangaje umugambi we wo kwinjira muri politiki no kwiyamamariza kuba...