Dushimimana Gisubizo Kevin wo mu Karere ka Ruhango mu ntara y’Amajyepfo, yavanye ku ishuri na bagenzi be, bajya kwidumbaguza mu kizenga cy’amazi agezemo ararohama arapfa.
Mu gihe Butera Knowless yizihiza isabukuru y’amavuko kuri uyu wa 1 Ukwakira 2025, Ishimwe Clement ni umwe mu bishimiye uyu munsi wavutseho umugore we bamaze kubyarana abana batatu.
Umuhanzikazi w’Umunya-Nigeria Temilade Openiyi, uzwi cyane ku izina rya Tems, akomeje kwandika amateka mu muziki nyafurika no ku rwego mpuzamahanga, nyuma yo kuba umuhanzikazi wa mbere muri Afurika...
Korali Baraka yo mu Itorero ADEPR Nyarugenge yateguye igitaramo cyihariye cyiswe ‘Ibisingizo Live Concert’, kigamije guhindura abantu abigishwa ba Yesu no gushimira Imana ku bikomeye yakoze.
Raporo ya Global Safety Index 2025 yashyizwe hanze igaragaza uko ibihugu byo ku Isi bihagaze mu bijyanye n’umutekano w’abantu, ituze rya politiki n’umutekano rusange. Nyamara Afurika yongeye...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yashyize Afurika y’Epfo na Brazil ku rutonde rw’ibihugu bigomba kwitonderwa mu kurwanya ubucuruzi bw’abantu, nyuma yo gusanga ibyo bihugu byombi...
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabaye ihagaritse ibikorwa bimwe na bimwe kubera kutumvikana kw’abagize Sena ku mushinga w’ingengo y’imari nshya.
Umuraperi n’umushoramari ukomeye muri hip hop ku isi, Sean “Diddy” Combs, yangiwe n’urukiko rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika gusabirwa urubanza rushya cyangwa kugirirwa imbabazi, mu gihe hasigaye...