Urukiko rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwakatiye uwahoze ari umukinnyi wa filime z’urukozasoni, Justin Heath Smith wamenyekanye nka Austin Wolf igifungo cy’imyaka 19 nyuma yo guhamwa...
Umuhanzi w’icyamamare muri Afrobeats, David Adeleke uzwi ku izina rya Davido, yahishuye ko yari hafi gufata icyemezo gikomeye cyo kureka umuziki, mbere y’uko indirimbo ye ikunzwe cyane “With You”...
Umuhanzikazi Khadja Nin witabiriye shampiyona y’Isi y’amagare yari imaze iminsi ibera mu Mujyi wa Kigali, yavuze ko yatunguwe cyane n’urwego rw’imitegurire yayiranze, agaragaza isomo amahanga...
Umwana w’umukobwa ukivuka yasanzwe mu gasanduku k’ikarito ku ruhande rw’umuhanda mu mujyi wa Tuguegarao muri Philippines, bituma Polisi y’igihugu itangira iperereza ryo gushaka ababyeyi be.
Abahanzi b’Abanya-Nigeria bakomeye mu njyana ya Afrobeats, Rema na Ayra Starr, bongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusomanira ku rubyiniro mu gitaramo gikomeye cya Global...
Umuhanzi w’icyamamare mpuzamahanga akaba n’Umuyobozi wa Uganda National Musicians Federation (UNMF), Eddy Kenzo, yasabye Leta ya Uganda ko yakongera amasaha y’ibitaramo bikava kuri saa sita z’ijoro...