Byagorana ko waba uri umukunzi w’umuziki nyarwanda, cyangwa uri umwe mu bawukurikiranira hafi ukaba utazi umuhanzi Malani Manzi wamenyekanye cyane mu ndirimbo yise ‘Nuyu.’ Nyuma y’amezi arenga 10...
Urubuga ruzwi ku isi mu gusakaza umuziki, Spotify, rwasohoye urutonde rw’abahanzi bakunzwe cyane mu njyana ya Afrobeats muri uyu mwaka wa 2025, rwerekana uko iyi njyana ikomeje gutwara imitima...
The Ben uri mu bahanzi bakomeye muri Afurika y’Iburasirazuba na Cindy Sanyu wo muri Uganda, bategerejwe mu mujyi wa Amsterdam mu Buholandi mu gitaramo gikomeye kizaba tariki ya 1 Ugushyingo 2025,...
Umwuka mubi umaze igihe hagati ya Nicki Minaj na Cardi B wongeye gufata indi ntera nyuma yo guterana amagambo akaze ku mbuga nkoranyambaga mu gihe buri umwe ari mu myiteguro yo kumurika imishinga...