skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Kim Kardashian yibutse Se umaze imyaka 22 yitabye Imana

Umunyamideli akaba n’icyamamare muri Amerika, Kim Kardashian, yongeye kwibuka se Robert Kardashian Sr. nyuma y’imyaka 22 amaze yitabye Imana, mu butumwa bwuzuye amarangamutima yanyujije ku mbuga...
1 October 2025 Yasuwe: 182 0

Minisitiri Mukazayire yashimiye Niyonkuru wahesheje u Rwanda ishema

Umunyarwandakazi Niyonkuru Florence wa Sina Gérard A.C mu bagore, yegukanye Umudali wa Zahabu muri Lyon Half Marathon yaberaga mu Bufaransa.
1 October 2025 Yasuwe: 366 0

Massamba Intore yasezeye ku mubyeyi we Nyinawintore, amwifuriza gukomeza gutaramana na Sentore mu ijuru

Nyuma y’iminsi icumi y’igitaramo cyo kumutaramira, Umubyeyi wa Massamba Intore, Mukarugagi Ancilla uzwi nka Nyinawintore, yashyinguwe ku wa 30 Nzeri 2025 mu cyubahiro, mu muhango Massamba ubwe...
1 October 2025 Yasuwe: 455 0

Joseph Kabila yakatiwe igihano cy’urupfu

Urukiko Rukuru rw’igisirikare cya RDC rwakatiye Joseph Kabila igihano cy’urupfu, nyuma yo kumuhamya ibyaha by’intambara n’ibyibasiye inyokomuntu.
30 September 2025 Yasuwe: 617 0

Afghanistan: Batakaje icyizere nyuma y’uko Taliban ihagaritse interineti mu gihugu hose

Fahima Noori yari afite inzozi zikomeye ubwo yarangizaga kaminuza muri Afuganisitani. Yari yarize amategeko, asoza amasomo y’ububyaza ndetse akora mu ivuriro ryita ku buzima bwo mu mutwe.
30 September 2025 Yasuwe: 276 0

Ni inkuru mpamo y’ibyamubayeho! Malani Manzi yongeye gukora mu nganzo nyuma y’amezi 10 [VIDEO]

Byagorana ko waba uri umukunzi w’umuziki nyarwanda, cyangwa uri umwe mu bawukurikiranira hafi ukaba utazi umuhanzi Malani Manzi wamenyekanye cyane mu ndirimbo yise ‘Nuyu.’ Nyuma y’amezi arenga 10...
30 September 2025 Yasuwe: 536 0

RGB yasabye Imitwe ya Politiki kurushaho kwegera abanyamuryango bayo

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), Dr. Doris Uwicyeza Picard, yasabye Imitwe ya Politiki kongera imikoranire n’abanyamuryango bayo, ikabegera ikabagezaho gahunda za Leta...
30 September 2025 Yasuwe: 264 0

Burna Boy yagizwe ‘Umwami wa Afrobeats’

Urubuga ruzwi ku isi mu gusakaza umuziki, Spotify, rwasohoye urutonde rw’abahanzi bakunzwe cyane mu njyana ya Afrobeats muri uyu mwaka wa 2025, rwerekana uko iyi njyana ikomeje gutwara imitima...
30 September 2025 Yasuwe: 233 0

The Ben yatumiwe mu gitaramo cyo kwizihiza ubwigenge bwa Uganda

The Ben uri mu bahanzi bakomeye muri Afurika y’Iburasirazuba na Cindy Sanyu wo muri Uganda, bategerejwe mu mujyi wa Amsterdam mu Buholandi mu gitaramo gikomeye kizaba tariki ya 1 Ugushyingo 2025,...
30 September 2025 Yasuwe: 241 0

Nicki Minaj na Cardi B bongeye gukozanyaho

Umwuka mubi umaze igihe hagati ya Nicki Minaj na Cardi B wongeye gufata indi ntera nyuma yo guterana amagambo akaze ku mbuga nkoranyambaga mu gihe buri umwe ari mu myiteguro yo kumurika imishinga...
30 September 2025 Yasuwe: 289 0