Umuhanzi w’Umunya-Nigeria, Stanley Omah Didia, uzwi cyane ku izina rya Omah Lay, yongeye gutera impungenge abakunzi be nyuma yo gutangaza ko yongera kugarizwa n’ihungabana rikomeye.
Tiwa Savage, umuhanzi w’icyamamare muri Afrobeats, yatanze inama zikomeye kuri bagenzi be mu muziki, abasaba kwicisha bugufi no kumenya ko ari intumwa z’uyu muziki ukomeye ku isi, aho igikombe...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimagije umurwanashyaka Charlie Kirk, amwita “intwari y’Amerika” ndetse n’“uwaharaniye uburenganzira”, ubwo yari ayoboye umuhango wo...
Nyampinga w’u Rwanda wa 2016, Miss Mutesi Jolly, yagaragaje ko yiteguye kuryoherwa na Shampiyona y’Isi y’Amagare iteganyijwe kubera i Kigali kuva ku wa 21-28 Nzeri 2025.
U Rwanda na Azerbaijan byasinyanye amasezerano y’imikoranire mu nzego eshanu zirimo ubuhinzi, uburezi, ubwikorezi bwo mu kirere, ubucuruzi n’imitangire ya serivisi mu nzego z’ubuyobozi.