skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Davido yahishuye impamvu atakigaragara kenshi ku mbuga nkoranyambaga

Umuhanzi ukomeye muri Afrobeats wo muri Nigeria, David Adeleke uzwi cyane nka Davido, yatangaje impamvu atakigaragara kenshi ku mbuga nkoranyambaga.
12 September 2025 Yasuwe: 282 0

Mu Rwanda hatangijwe umushinga witezweho kugabanya ubushomeri mu rubyiruko

U Rwanda ruri mu bihugu 10 bigiye kungukira mu mushinga mushya w’ubushakashatsi ugamije guhangana n’ikibazo cy’ubushomeri mu rubyiruko, cyane cyane mu matsinda akunze guhurira n’imbogamizi nyinshi...
12 September 2025 Yasuwe: 458 0

Prince Harry yiyemeje gufasha abarwanyi ba Ukraine bakomerekeye mu ntambara

Igikomangoma Harry, uzwi nka Duke of Sussex, yagiriye uruzinduko rutunguranye mu murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, ku butumire bw’umuryango Superhumans ushinzwe gufasha abantu bahuye n’ubumuga...
12 September 2025 Yasuwe: 170 0

Urubyiruko ruyoboye abagerageza kwiyahura mu Rwanda

Ku wa 10 Nzeri 2024, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wo Kurwanya Kwiyahura, wibanda ku gukangurira abantu kumenya ububi bwo kwiyahura, kurwanya ipfunwe riturukaho...
11 September 2025 Yasuwe: 611 0

Perezida Trump, Barack Obama na Joe Biden mu bunamiye Charlie Kirk wishwe arashwe

Charlie Kirk, umunyapolitiki w’Umunyamerika akaba n’umuyobozi washinze Turning Point USA, yararashwe arapfa ku wa 10 Nzeri 2025 afite imyaka 31 y’amavuko, ubwo yari mu kiganiro cyabereye muri Utah...
11 September 2025 Yasuwe: 467 0

Afurika yaba igiye kugira uruganda rw’ubwenge buhangano?

Iterambere ryihuse ry’ubwenge buhangano (AI) ku isi hamwe n’imbaraga Afurika iri gushyira mu ikoranabuhanga bigaragaza amahirwe yo kugira inganda zikomeye zishingiye kuri AI kuri uyu mugabane.
11 September 2025 Yasuwe: 716 0

Umutungo wa Elon Musk wageze kuri miliyari 385 z’amadolari

Kugeza ubu, Elon Musk, Umuyobozi Mukuru wa Tesla na SpaceX, afite umutungo ukabakaba muri miliyari 385 z’amadolari y’Amerika, nk’uko Bloomberg Billionaires Index ibigaragaza.
11 September 2025 Yasuwe: 475 0

Kumenyereza telefoni umwana utarageza imyaka 13 byangiza burundu ubuzima bwe bwo mu mutwe

Ubushakashatsi bushya bwerekana ko abana bahabwa telefoni zigezweho (smartphones) batarageza ku myaka 13 bafite ibyago byinshi byo guhura n’ibibazo bikomeye by’ubuzima bwo mu mutwe mu buzima bwabo...
11 September 2025 Yasuwe: 387 0

Murandasi iriyongera muri Afurika ariko ibiciro bya telefone biracyari ingorabahizi

Raporo nshya ya GSMA igaragaza uburyo Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara ikomeje gutera intambwe mu kwagura imiyoboro ya murandasi ikoreshwa kuri telefone ngendanwa, nyamara abaturage bayo...
10 September 2025 Yasuwe: 525 0

Kubera iki u Rwanda ruri kuvugurura itegeko ry’imikoreshereze y’imihanda rimaze imyaka 38?

Ku wa Kabiri tariki ya 9 Nzeri, Guverinoma y’u Rwanda yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko Umushinga w’itegeko rishya rigenga imikoreshereze y’imihanda, ugamije kuvugurura itegeko ririho kuva mu...
10 September 2025 Yasuwe: 680 0