Umuhanzikazi w’Umunya-Nigeria, Florence Otedola uzwi cyane ku izina rya Dj Cuppy, yongeye kugaragaza uko abona ubukwe, aho yavuze ko ari rimwe mu masezerano akomeye kandi yera umuntu agira mu...
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Népo Abdallah, yibukije urubyiruko uko rugomba kwitwara mu gihe u Rwanda ruzaba rwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare.
Icyambere ni ukumenya ko u Rwanda ruzwiho kwakira neza abashyitsi. Ibi nibyo igihugu cyiyemeje kugaragaza mu buryo budasanzwe ubwo ruzaba rwakira irushanwa rikomeye ku rwego rw’Isi rya UCI Road...
Laura Mesi, umutoza w’imyitozo ngororamubiri wo mu Butaliyani, yabaye inkuru ikomeye ubwo yashyingiranwaga na we ubwe, nyuma yo kurambirwa gutegereza umugabo w’inzozi ze.
Ubushakashatsi bushya bwakozwe na Ipsos mu 2025 bwerekanye ko Colombia ari cyo gihugu cya mbere ku isi gifite abaturage bishimira cyane ubuzima bwabo bw’urukundo. Uyu muryango wakoze Love Life...
Umuhanzi w’icyamamare muri Afrobeats, David Adeleke uzwi cyane ku izina rya Davido, agiye gukora amateka ku rubyiniro rwa Coachella Music and Arts Festival mu 2026, aho azaba ahagarariye Nigeria...