skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Davido agiye kwitabira iserukamuco rya Coachella ku nshuro ya mbere

Umuhanzi w’icyamamare muri Afrobeats, David Adeleke uzwi cyane ku izina rya Davido, agiye gukora amateka ku rubyiniro rwa Coachella Music and Arts Festival mu 2026, aho azaba ahagarariye Nigeria...
18 September 2025 Yasuwe: 456 0

Ubushakashatsi: Ingo zimaze imyaka 5 zifite amahirwe 70% yo kuramba

Ubushakashatsi bushya bwashyizwe ahagaragara n’Ibiro bishinzwe Ibarurishamibare mu Bwongereza (UK Office for National Statistics) bufatanyije na Marriage Foundation bugaragaza ko ingo zimaze imyaka...
17 September 2025 Yasuwe: 971 0

Robert Redford w’ibigwi bihambaye muri Sinema yitabye Imana

Robert Redford, umwe mu banyabigwi ba sinema ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, uzwi cyane muri filime nka Butch Cassidy and the Sundance Kid na The Sting, yitabye Imana ku wa 16 Nzeri afite imyaka 89.
17 September 2025 Yasuwe: 235 0

Tiwa Savage arifuza kubyara abana benshi b’abahungu

Umuhanzikazi w’icyamamare muri Afrobeats, Tiwa Savage, yatangaje ko afite inyota yo kongera kubyara kugira ngo agire abana b’abahungu barenze umwe, agaragaza ko yahagaritse gahunda yo kubika...
17 September 2025 Yasuwe: 253 0

Ubusambanyi bwugarije urubyiruko bwaba buterwa na karande zo mu miryango? [VIDEO]

Kimwe mu bibazo bihangayikishije Isi muri iki gihe, ni ubusambanyi bukabije bwugarije urubyiruko, aho usanga babwishoramo bakiri bato cyane, rimwe na rimwe abenshi bakavuga ko biterwa n’uko bakuze...
16 September 2025 Yasuwe: 934 0

Imitima y’ababyeyi ihora idiha! Zimwe mu mpamvu zatumye amafaranga y’ishuri yiyongera bikabije

Ku itariki ya 8 Nzeri, abanyeshuri basubiye mu mashuri yabo nyuma y’ikiruhuko kirekire, ariko bamwe basanga hari ibigo byazamuye amafaranga y’ishuri. Uyu mwanzuro wagiye utangwa ku mpamvu...
16 September 2025 Yasuwe: 915 0

Eddy Kenzo yatangaje ko yemereye Bobi Wine gusubira ku rubyiniro yaba ari ‘ikigoryi’

Umuhanzi akaba n’Umujyanama wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, Eddy Kenzo, yatangaje ko atabona impamvu yo gusaba ko Bobi Wine yemererwa kongera gusubira ku rubyiniro, kuko ngo akoresha umuziki we...
16 September 2025 Yasuwe: 461 0

Abaherwe batatu ba mbere ku isi bafite umutungo ubarirwa muri tiriyari imwe

Abatunzi batatu ba mbere ku isi bamaze kugira umutungo ubarirwa muri tiriyari imwe y’amadolari y’Amerika, bingana hafi n’agaciro k’isoko rya sosiyete ya Warren Buffett, Berkshire Hathaway.
16 September 2025 Yasuwe: 746 0

U Buyapani butuwe n’abaturage ibihumbi 100 bafite imyaka 100

Leta y’u Buyapani yatangaje ko umubare w’abaturage bafite imyaka ijana cyangwa bayirengeje wageze ku rwego rwo hejuru cyane, aho mu kwezi kwa Nzeri ababaruwe bagera ku 99,763. Muri uwo mubare,...
15 September 2025 Yasuwe: 359 0

Emmy Awards 2025: Menya abegukanye ibihembo bikomeye

Ibirori ngarukamwaka bya 77 bya Primetime Emmy Awards byabereye mu Mujyi wa Los Angeles muri Peacock Theater ku Cyumweru tariki ya 14 Nzeri 2025. Muri ibi birori niho hamenyekanira abahize abandi...
15 September 2025 Yasuwe: 153 0