Umuhanzi w’icyamamare muri Afrobeats, David Adeleke uzwi cyane ku izina rya Davido, agiye gukora amateka ku rubyiniro rwa Coachella Music and Arts Festival mu 2026, aho azaba ahagarariye Nigeria...
Ubushakashatsi bushya bwashyizwe ahagaragara n’Ibiro bishinzwe Ibarurishamibare mu Bwongereza (UK Office for National Statistics) bufatanyije na Marriage Foundation bugaragaza ko ingo zimaze imyaka...
Robert Redford, umwe mu banyabigwi ba sinema ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, uzwi cyane muri filime nka Butch Cassidy and the Sundance Kid na The Sting, yitabye Imana ku wa 16 Nzeri afite imyaka 89.
Leta y’u Buyapani yatangaje ko umubare w’abaturage bafite imyaka ijana cyangwa bayirengeje wageze ku rwego rwo hejuru cyane, aho mu kwezi kwa Nzeri ababaruwe bagera ku 99,763. Muri uwo mubare,...
Ibirori ngarukamwaka bya 77 bya Primetime Emmy Awards byabereye mu Mujyi wa Los Angeles muri Peacock Theater ku Cyumweru tariki ya 14 Nzeri 2025. Muri ibi birori niho hamenyekanira abahize abandi...