skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

U Rwanda rwashyizeho ibihano bikakaye ku bazagaragaraho amanyanga mu gutwitira undi

Leta y’u Rwanda yatangaje itegeko rigenga serivisi z’ubuvuzi rikubiyemo ingingo zitandukanye, ryagennye n’ibihano bigera ku gifungo cy’imyaka 25 n’ihazabu igera kuri miliyoni 50 Frw, mu kwirinda ko...
29 September 2025 Yasuwe: 503 0

Dolly Parton yasubitse ibitaramo yari afite kubera ibibazo by’ubuzima

Umuhanzikazi w’icyamamare muri muzika ya country, Dolly Parton, yatangaje ko yasubitse ibitaramo byari biteganyijwe ko azatangirira i Las Vegas muri Caesars Palace mu kwezi k’Ukuboza uyu mwaka,...
29 September 2025 Yasuwe: 148 0

Taylor Swift yongeye kugaragara kuri Stade ashyigikiye umukunzi we

Umuhanzikazi w’icyamamare Taylor Swift yongeye kugaragaza uburyo akomeje kuba hafi y’umukunzi we Travis Kelce, umukinnyi wa Kansas City Chiefs, nyuma y’amasaha make yari avuye muri California aho...
29 September 2025 Yasuwe: 163 0

Perezida Kagame yashimiye Abanyarwanda bagaragaje ubwitange muri Shampiyona y’Isi y’Amagare

Perezida Paul Kagame yashimiye Abanyarwanda bagaragaje ubwitange mu gufana, gucunga umutekano no gushyigikira imigendekere myiza ya Shampiyona y’Isi y’Amagare imaze iminsi 8 ibera i Kigali.
29 September 2025 Yasuwe: 364 0

Museveni yatangaje ko Eddy Kenzo ari umuhungu w’umusirikare

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, ku wa Gatandatu yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru n’abahanzi b’imbere mu gihugu, cyabereye i Munyonyo muri Commonwealth Center, aho bahuriye mu muhango...
28 September 2025 Yasuwe: 726 0

Sean “Diddy” Combs ashobora gufungwa imyaka 20 cyangwa akarekurwa vuba

Umugwizatunga ukomeye mu muziki wa Hip-Hop, Sean “Diddy” Combs, ari mu gihe gikomeye cyane aho ategereje guhabwa igihano cy’urukiko nyuma yo guhamwa n’ibyaha bifitanye isano no gutwara abantu...
28 September 2025 Yasuwe: 284 0

Twinjirane mu buryohe bw’umunsi wa nyuma wa Shampiyona y’Isi y’Amagare [AMAFOTO]

Shampiyona y’Isi y’Amagare, imaze iminsi ibera mu Mujyi wa Kigali, irasatira umusozo. Ubu, amaso y’abakunzi b’umukino w’amagare, ahanzwe i Kigali ahari gusorezwa iri rushanwa rigeze ku munsi waryo...
28 September 2025 Yasuwe: 896 0

Spice Diana yasabye abahanzi bifuza kuramba mu muziki kwirinda ‘ibishegu’

Umuhanzikazi w’Umunya-Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutanga igitekerezo ku mpaka zikomeje kuvugwa mu muziki wo muri Afurika y’Uburasirazuba, aho bamwe mu bahanzi bakoresha...
28 September 2025 Yasuwe: 291 0

U Buhinde: Umunyapolitiki yateje umuvundo wahitanye abantu 36 barimo n’abana

Mu Buhinde, mu ntara ya Tamil Nadu, habereye ishyano rikomeye ubwo abantu bagera kuri 36 barimo abana umunani bahitanwe n’akavuyo kabaye mu nama ya politiki yateguwe n’umukinnyi w’amafilime uzwi...
28 September 2025 Yasuwe: 281 0

Selena Gomez yarongowe [AMAFOTO]

Umuhanzikazi w’icyamamare ku Isi, Selena Gomez na Benny Blanco uzwi cyane mu gutunganya indirimbo, bakoze ubukwe nyuma y’imyaka ibiri bari bamaze mu rukundo.
28 September 2025 Yasuwe: 502 0