Umuhanzikazi w’icyamamare muri muzika ya country, Dolly Parton, yatangaje ko yasubitse ibitaramo byari biteganyijwe ko azatangirira i Las Vegas muri Caesars Palace mu kwezi k’Ukuboza uyu mwaka,...
Umuhanzikazi w’icyamamare Taylor Swift yongeye kugaragaza uburyo akomeje kuba hafi y’umukunzi we Travis Kelce, umukinnyi wa Kansas City Chiefs, nyuma y’amasaha make yari avuye muri California aho...
Perezida Paul Kagame yashimiye Abanyarwanda bagaragaje ubwitange mu gufana, gucunga umutekano no gushyigikira imigendekere myiza ya Shampiyona y’Isi y’Amagare imaze iminsi 8 ibera i Kigali.
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, ku wa Gatandatu yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru n’abahanzi b’imbere mu gihugu, cyabereye i Munyonyo muri Commonwealth Center, aho bahuriye mu muhango...
Umugwizatunga ukomeye mu muziki wa Hip-Hop, Sean “Diddy” Combs, ari mu gihe gikomeye cyane aho ategereje guhabwa igihano cy’urukiko nyuma yo guhamwa n’ibyaha bifitanye isano no gutwara abantu...
Umuhanzikazi w’Umunya-Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutanga igitekerezo ku mpaka zikomeje kuvugwa mu muziki wo muri Afurika y’Uburasirazuba, aho bamwe mu bahanzi bakoresha...
Mu Buhinde, mu ntara ya Tamil Nadu, habereye ishyano rikomeye ubwo abantu bagera kuri 36 barimo abana umunani bahitanwe n’akavuyo kabaye mu nama ya politiki yateguwe n’umukinnyi w’amafilime uzwi...
Umuhanzikazi w’icyamamare ku Isi, Selena Gomez na Benny Blanco uzwi cyane mu gutunganya indirimbo, bakoze ubukwe nyuma y’imyaka ibiri bari bamaze mu rukundo.