Umuhanzikazi w’icyamamare ku Isi, Selena Gomez na Benny Blanco uzwi cyane mu gutunganya indirimbo, bakoze ubukwe nyuma y’imyaka ibiri bari bamaze mu rukundo.
Interpol yatangaje ko abantu 260 bo ku mugabane wa Afurika bafatiwe mu bikorwa by’ubujura bwo kuri murandasi, bizwi nka ‘cybercrime’, mu gihe ibihugu bine ari byo byashyizwe mu byugarijwe cyane...
Hatangajwe ko hagiye gushyirwaho gahunda ihamye yo gufasha abahanzi kubona inguzanyo ku nyungu ntoya mbere yo gutegura ibikorwa byabo, cyane cyane ibitaramo byo mu gihugu no hanze yacyo.
Umuhanzi ukomeye wo mu Burundi, Kirikou Akili, uri mu bagezweho muri iki gihe, yagaragaje ko mu minsi iri imbere azasesekara mu Rwanda mu rugendo rwo kumenyekanisha indirimbo ye nshya “Aha Nihe?”,...
Guverinoma ya Indonesia iri mu mvururu zikomeye nyuma y’uko abana barenga ibihumbi bitanu bagizwe indembe n’indwara zikomoka ku biryo byatanzwe muri gahunda nshya yo kugaburira abanyeshuri...
Umuhanzi w’icyamamare mu muziki wa Nigeria, Oluwatobiloba Daniel Anidugbe, uzwi cyane ku izina rya Kizz Daniel, yahakanye amakuru yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga yavugaga ko urukiko rwafunze...