skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Afurika y’Epfo iyoboye ibihugu 10 bya Afurika bituwe n’abakire benshi mu 2025

Afurika iri kwigaragaza nk’akarere kadasanzwe mu bijyanye n’iterambere ry’ubukire bw’abigenga, nubwo bimwe mu bihugu bifite ubukungu bwinshi bigaragaza ibimenyetso by’ihungabana ry’amafaranga...
2 October 2025 Yasuwe: 980 0

Mu Rwanda hatangijwe ikigo kizajya gitorezwamo abahanga mu by’umutekano w’ikoranabuhanga

Mu Rwanda hatangijwe Ikigo cyitwa Cyberhub kizajya gitorezwamo abahanga mu by’umutekano w’ikoranabuhanga mu Gihugu ndetse no mu Karere ruherereyemo.
2 October 2025 Yasuwe: 420 0

Ibyihariye ku mukinnyi w’imyaka 31 wahamagawe bwa mbere mu Amavubi

Joy-Lange Mickels w’imyaka 31 ukinira ikipe ya Sabah FK yo mu cyiciro cya mbere muri Azerbaijan yahamgawe bwa mbere mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda,Amavubi.
2 October 2025 Yasuwe: 1451 0

Hari abazishyura miliyoni! Gusangira na nyina wa Lamine Yamal byagizwe ubucuruzi

Gusangira na nyina w’umukinnyi wa FC Barcelona, Lamine Yamal, byagizwe ubucuruzi binashyirirwaho igiciro aho itike ya macye ari ibihumbi 250 by’amafaranga y’u Rwanda.
2 October 2025 Yasuwe: 522 0

Ibiteye amatsiko ku kigo cyo gukiniramo filime kigiye kubakwa mu Rwanda

Tariki ya 14 Gashyantare 2025, umukinnyi wa filime akaba n’umushoramari, Usanase Bahavu Jannet, yagaragaje ko imwe mu mbogamizi zikomeye abakinnyi n’aba Producer ba filime bahura na zo mu Rwanda...
2 October 2025 Yasuwe: 317 0

Abanya-Nigeria baba mu Rwanda bizihije imyaka 65 igihugu cyabo kimaze kibonye ubwigenge

Abanya-Nigeria batuye mu Rwanda n’inshuti zabo bishimiye imyaka 65 igihugu cyabo kimaze kibonye ubwigenge, mu birori byabereye i Kigali ku wa 1 Ukwakira 2025.
2 October 2025 Yasuwe: 138 0

Urusengero rwaguye ruhitana abantu 30 muri Ethiopia

Mu gihugu cya Ethiopia bari mu gahinda gakomeye nyuma y’uko abantu 30 bapfuye abandi barenga 200 bagakomereka, ubwo ibikoresho byifashishwaga mu bwubatsi byaguye ku rusengero rwa Arerti Mariam,...
2 October 2025 Yasuwe: 224 0

Elon Musk yaba agiye kuba umuntu wa mbere utunze tiriyari y’amadolari?

Umuherwe w’Umunyamerika ufite inkomoko muri Afurika y’Epfo, Elon Musk, yongeye guca agahigo mu mateka y’ubukungu nyuma yo kugera ku mutungo ubarirwa muri miliyari 500$, ibintu bimushyira ku isonga...
2 October 2025 Yasuwe: 631 0

Icyamamare muri Sinema Shah Rukh Khan yinjiye mu muryango w’abaherwe ku Isi

Umukinnyi w’icyamamare muri Bollywood, Shah Rukh Khan, yinjiye bwa mbere mu mubare w’abaherwe b’Isi bafite umutungo wa miliyari y’amadolari, aba umwe mu bakinnyi ba filime bakize kurusha abandi ku...
2 October 2025 Yasuwe: 604 0

Afurika y’Epfo: Umudepite yahamijwe ibyaha brimo gukoresha imbunda mu buryo bunyuranyije n’amategeko

Umuyobozi n’Umudepite washinze ishyaka rya Economic Freedom Fighters (EFF) muri Afurika y’Epfo, Julius Malema, yahamijwe ibyaha bitanu birimo kurasisha imbunda mu ruhame, gutunga imbunda n’amasasu...
2 October 2025 Yasuwe: 380 0