skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Perezida Kagame yibukije abayobozi kuzirikana uburemere bw’inshingano barahiriye

Perezida Kagame yibukije abayobozi ko iyo barahiriye inshingano, badakwiriye kubifata nk’umuhango ahubwo ko bigomba gukurikirwa n’ibikorwa, bagashyira mu ngiro ibyo bashinzwe.
6 October 2025 Yasuwe: 829 0

Eric Nshimiye ukekwaho ibyaha bya Jenoside azatangira kuburanishwa mu 2026

Umunyarwanda Eric Nshimiye ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi azatangira kuburanishwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Werurwe 2026.
6 October 2025 Yasuwe: 594 0

Afurika y’Epfo yatangije iperereza ku rupfu rwa Ambasaderi wayo mu Bufaransa

Afurika y’Epfo yohereje itsinda ry’abashinzwe iperereza b’inzobere mu Bufaransa nyuma y’urupfu rutunguranye rwa Ambasaderi wabo, Emmanuel Nkosinathi “Nathi” Mthethwa, wabonetse yapfuye muri hoteli...
6 October 2025 Yasuwe: 282 0

Impozamarira za miliyoni 100$ Uganda yageneye ab’i Kisangani zaranyerejwe

Ikigo cyo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gikora ubushakashatsi ku mikoreshereze y’amafaranga ya Leta n’iterambere ry’icyaro, CREFDL, cyahishuye ko miliyoni zirenga 100 z’Amadolari...
6 October 2025 Yasuwe: 434 0

Bénin irifuza gutsindira Amavubi i Kigali

Umutoza wa Bénin, Gernot Rohr, yasabye abakinnyi be gutanga byose no kutirara kuko bari ku mwanya wa mbere, bagatsinda imikino isigaye uhereye ku w’Amavubi kugira ngo bizere kujya mu Gikombe cy’Isi...
6 October 2025 Yasuwe: 496 0

APR FC iravugwamo imyitwarire mibi

Abakinnyi babiri b’ikipe y’Ingabo, Mamadou Sy na Dauda Yussif, bakuwe ku rutonde rw’ikipe yakinnye na Pyramids FC kubera imyitwarire mibi ibavugwaho n’ubwo ikipe ya bo ntacyo irayivugaho.
6 October 2025 Yasuwe: 667 0

Ingabo za Uganda n’iza Somalia zafashe agace kari mu maboko ya Al-Shabaab

Ingabo za Uganda n’Iza Somalia ziri mu butumwa bw’amahoro muri Somalia zisubije agace ka Awdheegle gaherereye mu majyepfo y’iki gihugu kari karigaruriwe n’umutwe w’iterabwoba wa Al-Shabaab.
6 October 2025 Yasuwe: 223 0

Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa yeguye nyuma y’iminsi 27 mu nshingano

Sebastien Lecornu wari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa yeguye mu nshingano ze nyuma y’iminsi 27 mu nshingano.
6 October 2025 Yasuwe: 280 0

Congo na AFC/M23 basubiye mu biganiro mu gihe buri ruhande ruhiga urundi

Intumwa z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’iz’ihuriro rya AFC/M23 riburwanya zirasubukura ibiganiro i Doha muri Qatar, hagamijwe kunoza gahunda yo guhererekanya imfungwa.
6 October 2025 Yasuwe: 353 0

Hamas yashimangiye ko ititeguye gushyira intwaro hasi

Ku Cyumweru tariki 05 Ukwakira 2025, Umutwe wa Hamas wahakanye amakuru yanyuze mu binyamakuru avuga ko witeguye gushyira intwaro mu maboko y’inzego mpuzamahanga, mu kubahiriza gahunda y’amahoro ya...
6 October 2025 Yasuwe: 222 0