Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko umuhanzi w’icyamamare Sean “Diddy” Combs yamusabye imbabazi nyuma yo guhamwa n’ibyaha bifitanye isano no gutwara abantu bajyanwa...
U Rwanda rwitabiriye Inama ya 76 y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi, UNHCR, yabereye i Geneva mu Busuwisi, ahaganiriwe ku kuba Isi ikeneye kongera imbaraga mu bikorwa byo kurinda...
Kubera ubwandu buri gukwirakwira ku kigero cyo hejuru, u Burundi bwafashe umwanzuro wo kubuza abaturage bo mu mujyi wa Bujumbura kuramukanya no guhana ikiganza mu rwego rwo kwirinda ko ubu bwandu...
Ibendera ry’Igihugu ryari ku Biro by’Akagari ka Buhoro mu Murenge wa Gishyita, Akarere ka Karongi ryibwe, umuzamu n’abanyerondo babiri batabwa muri yombi kuko bavuga ko ryibwe mu gihe bose bari...
Kiliziya Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yamaganye igihano cy’urupfu Urukiko Rukuru rw’Igisirikare rwa Kinshasa, rwakatiye Joseph Kabila wayoboye iki gihugu kuva mu 2001...
Leta za California n’iya Oregon zareze ubuyobozi bwa Perezida Donald Trump mu rukiko, ku bwo gufata icyemezo cyo kohereza abasirikare 200 mu mujyi wa Portland.
Sabah FK ikinamo rutahizamu Joy-Lance Mickels waherukaga guhamagarwa mu Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ bwa mbere, yatangaje ko uyu mukinnyi yavunitse imbavu, na we yemeza ko atazitabira iyi mikino.
Umuhanzikazi w’icyamamare ku isi, Taylor Swift, yatangaje ko atazigera ava mu muziki n’ubwo yitegura kubaka urugo, ahumuriza abafana be bari batangiye kugira ubwoba ko urushako agiye kujyamo...