Ingabire Marie Immaculée wari Umuyobozi w’Umuryango urwanya Ruswa n’Akarengane, Transparency International Rwanda, yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, azize uburwayi yari amaranye igihe.
Umuhanzi Mugisha Benjamin wamenye nka The Ben ari mu rugendo rw’akazi n’ubusabane i Bali, kimwe mu birwa bikunzwe cyane n’abakerarugendo muri Indonesia, aho agiye gufatira amashusho y’indirimbo...
Nyuma yo kwegura kwa Lecornu waburaga igihe gito ngo yuzuze ukwezi ari Minisitiri w’Intebe, Perezida Emmanuel Macron ari mu ihurizo ryo kureba uwamusimbura bikaramba.
Abayobozi ba Hamas bari mu biganiro na Israel ngo intambara ya Gaza ihagarare basabye ko Yeruzalemu ibaha umurambo w’uwahoze ari umuyobozi wabo Yahya Sinwar wishwe mu Ugushyingo, 2024 ndetse...
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Portugal na Al Nassr yo muri Arabia Saudite, Cristiano Ronaldo yabaye umukinnyi wa mbere w’umupira w’amaguru utunze arenga Miliyari y’Amapawundi.
Leta y’u Rwanda iri muri gahunda yo kugabanya umubare wa moto zikorera mu mihanda ya Kigali, abantu bakayoboka gutega bisi, hagamijwe kurushaho kunoza uburyo bwo gutwara abantu mu Mujyi no...
Mu mpera z’icyumweru gishize, ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amashusho yafatiwe ku kabyiniro kitwa Nuvo Club gaherereye muri Komine Gombe mu mujyi wa Kinshasa, ubwo kari kamaze kuberamo imvururu...