skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Umucamanza azafata icyemezo ejo niba Umuhumuza azaburana ari hanze cyangwa afunze

Umuhumuza Gisèle wari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo (MININFRA), azasomerwa ku wa Gatatu tariki 10 Nzeri 2025, nk’uko byemejwe n’Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda.
9 September 2025 Yasuwe: 1047 0

Weasel yababariye umugore we wari umwivuganye

Umuhanzi w’Umunya-Uganda Weasel Manizo yatangaje ko yababariye umugore we Sandra Teta nyuma y’impanuka yabaye mu kwezi gushize, yamusigiye imvune yamuviriyemo no kubagwa.
9 September 2025 Yasuwe: 584 0

Umunyarwandakazi Gloria Bugie arifuza imodoka n’ikibanza nk’impano ku isabukuru ye

Umunyarwandakazi Gloria Busingye wamamaye mu muziki nka Gloria Bugie akorera muri Uganda, yongeye kuvugisha abantu nyuma yo gutangaza ibyo yifuza ku isabukuru ye izaba ku wa 22 Nzeri 2025. Muri...
9 September 2025 Yasuwe: 720 0

Mariah Carey yatunguranye: Iby’ingenzi byaranze itangwa ry’ibihembo bya MTV VMAs 2025

Ibirori byo gutanga ibihembo bya MTV Video Music Awards (VMAs) 2025 byaranzwe n’udushya twinshi nk’uko bisanzwe bigenda, bishimangira imbaraga z’imyidagaduro, mu gihe bigikomeje kugarukwaho cyane...
9 September 2025 Yasuwe: 161 0

Ibihugu bibiri bya Afurika byashyizwe mu byiza byo gusura mu 2025

Niba uteganya gutembera mbere y’uko uyu mwaka wa 2025 urangira, abahanga mu by’ubukerarugendo bakugira inama yo gushyira Zimbabwe na Maroc ku rutonde rw’ibihugu bya mbere ukwiye gusura.
9 September 2025 Yasuwe: 1046 0

Uburanga bwa Cassie wegukanye ikamba rya Miss America 2026 (Amafoto)

Mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 7 Nzeri 2025, muri Walt Disney Theater iherereye Orlando muri Leta ya Florida, hatangajwe ko Cassie Donegan w’imyaka 27 ari we wegukanye ikamba rya Miss America...
9 September 2025 Yasuwe: 162 0