skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

U Buyapani butuwe n’abaturage ibihumbi 100 bafite imyaka 100

Leta y’u Buyapani yatangaje ko umubare w’abaturage bafite imyaka ijana cyangwa bayirengeje wageze ku rwego rwo hejuru cyane, aho mu kwezi kwa Nzeri ababaruwe bagera ku 99,763. Muri uwo mubare,...
15 September 2025 Yasuwe: 359 0

Emmy Awards 2025: Menya abegukanye ibihembo bikomeye

Ibirori ngarukamwaka bya 77 bya Primetime Emmy Awards byabereye mu Mujyi wa Los Angeles muri Peacock Theater ku Cyumweru tariki ya 14 Nzeri 2025. Muri ibi birori niho hamenyekanira abahize abandi...
15 September 2025 Yasuwe: 153 0

Wari uzi ko umuntu umwe muri bane arinda asaza akiri ingaragu?

Ubushakashatsi bushya bugaragaza ko umwe mu bantu bane bakiri bato muri iki gihe azagera ku myaka 50 atarashatse cyangwa ngo abone uwo babana. Ibi byagaragajwe na Pew Research Center, ikigo...
12 September 2025 Yasuwe: 1936 0

Davido yahishuye impamvu atakigaragara kenshi ku mbuga nkoranyambaga

Umuhanzi ukomeye muri Afrobeats wo muri Nigeria, David Adeleke uzwi cyane nka Davido, yatangaje impamvu atakigaragara kenshi ku mbuga nkoranyambaga.
12 September 2025 Yasuwe: 282 0

Mu Rwanda hatangijwe umushinga witezweho kugabanya ubushomeri mu rubyiruko

U Rwanda ruri mu bihugu 10 bigiye kungukira mu mushinga mushya w’ubushakashatsi ugamije guhangana n’ikibazo cy’ubushomeri mu rubyiruko, cyane cyane mu matsinda akunze guhurira n’imbogamizi nyinshi...
12 September 2025 Yasuwe: 458 0

Prince Harry yiyemeje gufasha abarwanyi ba Ukraine bakomerekeye mu ntambara

Igikomangoma Harry, uzwi nka Duke of Sussex, yagiriye uruzinduko rutunguranye mu murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, ku butumire bw’umuryango Superhumans ushinzwe gufasha abantu bahuye n’ubumuga...
12 September 2025 Yasuwe: 170 0

Urubyiruko ruyoboye abagerageza kwiyahura mu Rwanda

Ku wa 10 Nzeri 2024, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wo Kurwanya Kwiyahura, wibanda ku gukangurira abantu kumenya ububi bwo kwiyahura, kurwanya ipfunwe riturukaho...
11 September 2025 Yasuwe: 611 0

Perezida Trump, Barack Obama na Joe Biden mu bunamiye Charlie Kirk wishwe arashwe

Charlie Kirk, umunyapolitiki w’Umunyamerika akaba n’umuyobozi washinze Turning Point USA, yararashwe arapfa ku wa 10 Nzeri 2025 afite imyaka 31 y’amavuko, ubwo yari mu kiganiro cyabereye muri Utah...
11 September 2025 Yasuwe: 467 0

Afurika yaba igiye kugira uruganda rw’ubwenge buhangano?

Iterambere ryihuse ry’ubwenge buhangano (AI) ku isi hamwe n’imbaraga Afurika iri gushyira mu ikoranabuhanga bigaragaza amahirwe yo kugira inganda zikomeye zishingiye kuri AI kuri uyu mugabane.
11 September 2025 Yasuwe: 715 0

Umutungo wa Elon Musk wageze kuri miliyari 385 z’amadolari

Kugeza ubu, Elon Musk, Umuyobozi Mukuru wa Tesla na SpaceX, afite umutungo ukabakaba muri miliyari 385 z’amadolari y’Amerika, nk’uko Bloomberg Billionaires Index ibigaragaza.
11 September 2025 Yasuwe: 472 0