Leta y’u Buyapani yatangaje ko umubare w’abaturage bafite imyaka ijana cyangwa bayirengeje wageze ku rwego rwo hejuru cyane, aho mu kwezi kwa Nzeri ababaruwe bagera ku 99,763. Muri uwo mubare,...
Ibirori ngarukamwaka bya 77 bya Primetime Emmy Awards byabereye mu Mujyi wa Los Angeles muri Peacock Theater ku Cyumweru tariki ya 14 Nzeri 2025. Muri ibi birori niho hamenyekanira abahize abandi...
Ubushakashatsi bushya bugaragaza ko umwe mu bantu bane bakiri bato muri iki gihe azagera ku myaka 50 atarashatse cyangwa ngo abone uwo babana. Ibi byagaragajwe na Pew Research Center, ikigo...
Igikomangoma Harry, uzwi nka Duke of Sussex, yagiriye uruzinduko rutunguranye mu murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, ku butumire bw’umuryango Superhumans ushinzwe gufasha abantu bahuye n’ubumuga...
Ku wa 10 Nzeri 2024, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wo Kurwanya Kwiyahura, wibanda ku gukangurira abantu kumenya ububi bwo kwiyahura, kurwanya ipfunwe riturukaho...
Charlie Kirk, umunyapolitiki w’Umunyamerika akaba n’umuyobozi washinze Turning Point USA, yararashwe arapfa ku wa 10 Nzeri 2025 afite imyaka 31 y’amavuko, ubwo yari mu kiganiro cyabereye muri Utah...
Iterambere ryihuse ry’ubwenge buhangano (AI) ku isi hamwe n’imbaraga Afurika iri gushyira mu ikoranabuhanga bigaragaza amahirwe yo kugira inganda zikomeye zishingiye kuri AI kuri uyu mugabane.