Mu Karere ka Musanze mu nkengero z’igishanga gihuza Imirenge ya Muhoza na Gacaca hari abaturage bagera ku bihumbi bitanu bigabije imirima ya bagenzi babo barayararika, bashakamo amabuye y’agaciro...
Kuva mu ntangiriro z’iki Cyumweru, hirya no hino mu gihugu hari gufungwa insengero zitujuje ibisabwa. Mu Karere ka Musanze honyine hamaze gufungwa insengero hafi 200, ibintu bigaragaza ko mu gihugu...
Perezidansi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko Perezida w’iki gihugu, Perezida Tshisekedi Tshilombo ari i Bruxelles mu Bubiligi, aho yagiye kwivuriza indwara y’umutima.
Mu gihugu cy’u Burundi by’umwihariko mu Ntara ya Cibitoke, harimo gushakishwa abacuruza ibikomoka kuri Peteroli mu buryo bwa magendu, ku ikubitiro abagera ku icumi bakaba bamaze gutabwa muri yombi.
Umusore wo mu kigero cy’imyaka 19 y’amavuko wakoreraga ubucuruzi buciriritse mu Murenge wa Musheri mu karere ka Nyagatare yishwe n’abagizi ba nabi bamuciye umutwe. Nyuma yo kumwica , urwego...
Nyiransengiyumva Valentine wamenyekanye nka Dorimbogo ku mbuga nkoranyambaga za hano mu Rwanda, yitabye Imana kuri uyu wa 27 Nyakanga 2024, aguye mu bitaro bya Kibuye, azize uburwayi.