skol
Kigali

Author

Emmy

CECAFA Kagame Cup: Imbamutima za Kapiteni wa APR FC nyuma yo gutsinda umukino wa Kabiri

Nyuma y’umukino wahuje APR FC na El Merreikh, Kapiteni wayo Niyomugabo Claude, yavuze ko biteguye neza umukino ukurikira yizeza abafana gutwara igikombe cya CECAFA KAGAME CUP.
13 July 2024 Yasuwe: 2166 0

Umugabo w’imyaka 22 yishe umugore we w’imyaka 30 bapfa amafaranga y’ubukwe

Mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 21 Gicurasi rishyira kuwa Mbere tariki 22 Gicurasi 2017, umugabo yishe umugore we amukebye ijosi hanyuma nawe ahita yimanika mu mugozi ariyahura arapfa.
13 July 2024 Yasuwe: 7725 0

Umukino wa mbere Umunyarwana Mutsinzi Ange Jimmy ukinira Amavubi yakinnye muri Europa League wamusekeye

Mutsinzi Ange Jimmy yakinnye umukino we wambere muri Europa League
13 July 2024 Yasuwe: 4889 0

"Namuhaga amafaranga yo guhaha akayanga" - Umugabo yisobanura ku cyamuteye kwica umugore we wari utwite

‘Namuhaga amafaranga yo guhaha akayanga’ Umugabo wishe umugore we wari utwite inda y’amezi 5 yavuze bimwe mu byabaye mbere y’uko amwica.
13 July 2024 Yasuwe: 5054 0

CECAFA Kagame Cup: APR FC yiyongereye amahirwe yo kugera muri 1/4

Ikipe ya APR FC yatsinze umukino wayo wa Kabiri mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup ya 2024 riri kubera muri Tanzania ikomeza kuyobora itsinda C irimo.
13 July 2024 Yasuwe: 1181 0

Perezida wa PSD, Dr. Vincent Biruta yasobanuye impamvu urubyiruko rurangije amashuri yisumbuye rukwiye gukora igisirikare...

Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi n’Imibereho myiza y’Abaturage, Dr Vincent Biruta, yasobanuye ko bifuza ko nibura urubyiruko rw’u Rwanda rusoza amashuri yisumbuye rwajya rukora igisirikare...
13 July 2024 Yasuwe: 1796 0

Perezida Kagame yahishuye uko yaje kwisanga atuye mu nzu yigeze kwirukanwaho n’umujandarume wa Habyarimana

Chairman w’Umuryango FPR Inkotanyi akaba n’umukandida wawo ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, yahishuye ko umujandarume warindaga urugo rwa Habyarimana Juvénal wabaye Perezida w’u Rwanda...
13 July 2024 Yasuwe: 1677 1

Intandaro y’umubano mubi hagati y’u Rwanda n’Ububirigi ndetse n’ibivugwa ko rwanze intumwa ya EU mu karere

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko itigeze yanga Umubiligi Bernard Quintin washoboraga koherezwa n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, nk’intumwa yawo mu Karere k’Ibiyaga Bigari.
13 July 2024 Yasuwe: 1927 0

Italiki Umunsi w’igikundiro ’Rayon Day’ uzaberaho n’aho uzabera byamaze kumenyekana

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje itariki ‘Rayon Sports Day’ uzwi ‘nk’Umunsi w’Igikundiro’ wa 2024/25 uzaberaho.
12 July 2024 Yasuwe: 2629 0

Umukunzi wa Eddy Kenzo yibasiye The New Vision yagaragaje ko ari we wamusenye urugo

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Iterambere ry’Ingufu n’Amabuye y’Agaciro muri Uganda, Phionah Nyamutoro, uri mu bihe byiza by’urukundo na Eddy Kenzo, yateye utwatsi ibyatangajwe...
12 July 2024 Yasuwe: 3078 0