skol
Kigali

Author

Emmy

Ayoboye Minisiteri yajyaga ajyamo agiye kurya umunyenga muri Lift(ascenseur) yayo - Ishimwe rya Irere

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), Irere Claudette, yagaragaje uburyo u Rwanda ruha amahirwe buri Munyarwanda wese agakabya indoto ze, ahishura uko yajyaga muri iyo...
12 July 2024 Yasuwe: 2382 0

U Burundi n’U Rwanda byiyemeje kwicarana bigacoca ibibazo bifitanye bidategereje umuhuza

Guverinoma y’u Rwanda n’iy’u Burundi ziyemeje gucoca amakimbirane ari hagati y’ibi bihugu byombi bitabaye ngombwa ko hazamo abahuza.
12 July 2024 Yasuwe: 1591 0

Ab’i Gakenke babyiniye ku rukoma kubera ibyo Perezida Kagame yabemereye

Chairman w’umuryango FPR Inkotanyi akaba n’umukandida wawo ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, yasezeranyije abo mu karere ka Gakenke ko nibamutora mu matora ateganyijwe ku itariki ya 15...
12 July 2024 Yasuwe: 1538 0

Minisitiri Nduhungirehe yasobanuye ibijyanye n’ubutaka bivugwa ko Congo Brazzaville yahaye u Rwanda bwateje impagarara muri iki...

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yashimangiye ko nta butaka Repubulika ya Congo yeguriye u Rwanda ngo rubukorereho ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi.
12 July 2024 Yasuwe: 1586 0

CAF Champions League: APR FC yongeye kwisanga mu nzira ya Pyramids FC yo mu Misiri yayisezereye umwaka ushize

Nyuma ya tombola y’uko amakipe azahura mu mikino y’ijonjora ry’ibanze ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane wa Afurika, CAF Champions League, ikipe ya APR FC ihagarariye u Rwanda yisanze...
11 July 2024 Yasuwe: 1871 0

CAF Confederation Cup: Police FC izahura n’Abarabu ku ikubitiro

Nyuma ya tombola y’uko amakipe azahura mu mikino y’ijonjora ry’ibanze ihuza amakipe yatwaye ibikombe iwayo, CAF Confederation Cup, ikipe ya Police FC yisanze izahura na Club Sportif Constantine yo...
11 July 2024 Yasuwe: 1126 0

Imyiteguro y’amatora igeze kuri 90% NEC

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yatangaje ko imyiteguro ya site zizifashishwa mu bikorwa by’Amatora iri kugana ku musozo kuko 90% bya site zose mu Gihugu zamaze gutegurwa mu buryo bwuzuye, mu...
11 July 2024 Yasuwe: 491 0

Gaza: Abaturage bashinje ba Mudashusha ba Israel kubarasa umugenda mu nzira bacamo bahunga

Abaturage batuye mu gace ka Gaza bashinje Israel gukoresha ba mudahusha bayo mu kubarasaho, by’umwihariko abaturage bari kuva mu Mujyi wa Gaza bahunga, aho bari kubahiriza ibwirizwa ryatanzwe...
11 July 2024 Yasuwe: 718 0

Bizagenda gute Ubwongereza nibwishyuza u Rwanda amafaranga bwaruhaye yo kwitegura Abimukira?

Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko nubwo nta tegeko risaba iki Gihugu gusubiza u Bwongereza amafaranga bwagihaye mu kwitegura abimukira batakije, ariko igihe iki Gihugu cy’i Burayi cyasaba ko hari amwe...
11 July 2024 Yasuwe: 2747 0

HEC yatangaje igihe gusaba inguzanyo yo kwiga Polytechnique bizatangirira, igihe bizarangirira, ibisabwa n’uko bizakorwa

Mu itangazo HEC yanyujije ku rukuta rwayo rwa X yavuze ko gusaba inguzanyo ku banyeshuri barangije amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2023 byatangiye taliki ya 9/07/2024 bikazarangira taliki ya...
11 July 2024 Yasuwe: 949 0