Chairman w’umuryango FPR Inkotanyi akaba n’umukandida wawo ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, yasezeranyije abo mu karere ka Gakenke ko nibamutora mu matora ateganyijwe ku itariki ya 15...
Nyuma ya tombola y’uko amakipe azahura mu mikino y’ijonjora ry’ibanze ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane wa Afurika, CAF Champions League, ikipe ya APR FC ihagarariye u Rwanda yisanze...
Nyuma ya tombola y’uko amakipe azahura mu mikino y’ijonjora ry’ibanze ihuza amakipe yatwaye ibikombe iwayo, CAF Confederation Cup, ikipe ya Police FC yisanze izahura na Club Sportif Constantine yo...
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yatangaje ko imyiteguro ya site zizifashishwa mu bikorwa by’Amatora iri kugana ku musozo kuko 90% bya site zose mu Gihugu zamaze gutegurwa mu buryo bwuzuye, mu...
Abaturage batuye mu gace ka Gaza bashinje Israel gukoresha ba mudahusha bayo mu kubarasaho, by’umwihariko abaturage bari kuva mu Mujyi wa Gaza bahunga, aho bari kubahiriza ibwirizwa ryatanzwe...
Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko nubwo nta tegeko risaba iki Gihugu gusubiza u Bwongereza amafaranga bwagihaye mu kwitegura abimukira batakije, ariko igihe iki Gihugu cy’i Burayi cyasaba ko hari amwe...
Mu itangazo HEC yanyujije ku rukuta rwayo rwa X yavuze ko gusaba inguzanyo ku banyeshuri barangije amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2023 byatangiye taliki ya 9/07/2024 bikazarangira taliki ya...