Mu mukino wa gicuti wahujwe n’ibirori byo kwerekana abakinnyi Simba SC izifashisha muri uyu mwaka 2024-25, “Simba Day”, ikipe ya APR FC yatsinzwe ibitego 2-0 bituma bamwe mu bakunzi ba yo batangira...
Nyuma yaho Donald Trump yanze kubahiriza gahunda y’ikiganiro mpaka yari yagiranye na Kamala Harris, ubu nawe yamaze gutangaza ko atazitabira icyo yamutumiyemo kuri Fox News.
Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports, Muhire Kevin yavuze ko bakinnye neza ndetse ko ikipe yaguze abakinnyi beza ariko babura rutahizamu nyuma y’uko batsinzwe na Azam FC.
Umukinnyi wa Rayon Sports ,Haruna NIyonzima yavuze ko afitiye ideni iyi kipe bitewe n’uburyo yakiriwe ndetse anavuga icyo umupira wa Tanzania urusha uw’u Rwanda.
Mu karere ka Kamonyi gaherereye mu ntara y’Amajyepfo y’u Rwanda, umurenge wa Gacurabwenge mu kagari ka Gihinga haravugwa inkuru y’umukobwa wabyaye umwana hanyuma afatanya na nyina kumwica ndetse...
Inzego zitandukanye z’iperereza zo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rigaragaza ko Irani ifite ’umugambi wo kumwica kugirango ihorere General Qassem Soleimani wahoze ari komanda w’umutwe w’ingabo...
Umutwe wa M23 watangaje ko utahita ushyira mu bikorwa ako kanya umwanzuro wumvikanyeho hagati y’u Rwanda na RD Congo wo guhagarika imirwano, usaba leta ya Congo kwemera ibiganiro.