Donald Trump wabaye Perezida wa 45 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yongeye kwibasira Abanye-Congo, abita abicanyi bagiye mu gihugu cyabo bavuye muri za gereza.
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yatangaje ko Umudugudu w’Icyitegererezo wa Mpazi uri kubakwa mu Murenge wa Gitega uzatwara amafaranga make ugereranyije n’indi yubatswe mbere bitewe n’ikoranabuhanga mu...
Ally Ndangwa uherutse guhamywa icyaha cyo kwiba umuyoboro wa YouTube wa Yago TV Show, yashyize umucyo ku cyamuteye gukora iki cyaha, avuga ko yagitewe no kwirukanwa ku kazi atishyuwe.
Niyonsaba Emmanuel w’imyaka 30 y’amavuko wakoraga muri Hoteli Saint André mu Karere ka Muhanga yasanzwe mu mu muferege utwara amazi yapfuye, birakekwa ko yishwe.
Leta y’u Rwanda yahawe ibikoresho bigezweho mu buvuzi bw’umutima bifite agaciro ka miliyoni 3.3$ (asaga miliyari 4 Frw). Ibi bikoresho bizifashishwa mu kigo cya “My Heart Centre” kiri kubakwa mu...
Ubuyobozi bwa Kiliziya Gatolika ku Isi bwemeje ko Padiri Yohani Bosiko Ntagungira wari usanzwe ari Padiri Mukuru wa Regina Pacis i Remera muri Arikidiyosezi ya Kigali, ari we mwepiskopi mushya wa...
Umushumba Mukuru w’Umuryango Authentic Word Ministries / Zion Temple Celebration Center,Apôtre Dr Paul Gitwaza,yavuze ko hari uwashatse kumuvutsa ubuzima ariko Imana ikinga ukuboko.
Ndangwa Ally uheruka gukatirwa ashinjwa kwiba Yago Tv Show ,yatangaje ko yiteguye kuvuga ukuri nyuma yo kubona ko Nyarwaya Innocent [Yago] adasobanura imvano y’ibyabye byose.