Donald Trump umaze iminsi yibasira Kamala Harris bari guhanganira ku mwanya wa Perezida, yahishuye impamvu abikora anagaruka ku kuba abona uyu mugore nta bwenge afite bwo kuyobora.
Mu karere ka Rutsiro hari abaturage bavuga ko ubuzima bwo kubana ari abagabo barenze umwe mu nzu n’abana bubashaririye, bahamya ko baheruka gutera akabariro bagituye muri nyakatsi.
Kylian Mbappe, ubwo yakinaga umukino we wa mbere muri Real Madrid, yegukanye igikombe cya UEFA Super Cup, ndetse anatsinda igitego kuri wo mukino wa nyuma wa Atalanta na Real Madrid.
Mu gihe umuherwekazi Zari Hassan n’umugabo we Shakib Lutaaya bakomeje guterana amagambo ku mbuga nkoranyambaga, Shakib yagiriwe inama n’umwe mu bashinzwe umutekano ko yajyana ikirego mu rukiko...
Colonel Christian Nyabenda wo mu gipolisi cy’u Burundi ushinzwe ibikorwa mu ishami rishinzwe gufasha kurinda inzego (GAPI), abandi bapolisi babiri bo muri iri shami barimo umugore kimwe n’abandi ba...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko yanyuzwe n’uburyo we n’intumwa bari kumwe mu Rwanda bakiriwe, ashimangira ko...