Mu Mudugudu wa Cyimbogo, Akagari ka Karangiro, Umurenge wa Nyakarenzo, Akarere ka Rusizi, inkuru y’abana babiri bahiriye mu nzu bagakongoka yakomeje kubabaza benshi.
Nyuma y’amasaha make y’imirwano, inyeshyamba za M23 zigaruriye agace ka Kikuvo, umudugudu wo muri Teritwari ya Lubero nyuma yo kugabwaho igitero na kajugujugu.
Leta ya Zimbabwe yahakanye amakuru yavuzwe mu cyumweru gishize y’uko yaba yaraburijemo umugambi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wo kwivugana Joseph Kabila wahoze ayobora icyo gihugu.
Igisirikare cya Israel cyavuze ko indege zacyo z’intambara zagabye igitero ku bihumbi by’imbunda za rutura zirasa roketi za Hezbollah muri Libani zari ziteguye kurasa mu majyaruguru ya Israel no...
Imvura y’umuhindo iteganyijwe mu Rwanda, ni ukuvuga mu mezi atatu ari imbere, ntihabanye n’iyaguye mu myaka 30 ishize nk’uko ibipimo bitangwa n’ Ikigo cy’u Rwanda Gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere...
Kryvbas Kryvyi Rih yo mu Cyiciro cya Mbere muri Ukraine ikinamo Bizimana Djihad yatsinzwe na Real Betis yo muri Espagne ibitego 2-0 mu mukino ubanza w’iya kamarampaka muri UEFA Conference League.