skol
Kigali

Author

Emmy

Israel yagabye ibitero 10 bikomeye by’indege muri Liban

Israel yatangaje ko Igisirikare cyayo cyagabye igitero cy’indege z’intambara ku birindiro bya Hezbollah mu turere dusaga 10 dutandukanye two mu majyepfo ya Libani.
22 August 2024 Yasuwe: 946 0

APR FC yakubise hasi ibiciro by’amatike ku mukino izakiramo Azam FC kuri uyu wa Gatandatu kuri Sitade Amahoro

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC, bwakubise ibiciro hasi ku bifuza kuzareba umukino wo kwishyura uzayihuza na Azam FC mu mikino y’ijonjora ry’ibanze ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Afurika,...
22 August 2024 Yasuwe: 1333 0

Intumwa za Congo n’iz’u Rwanda zongeye guhurira muri Angola

Ibihugu by’u Rwanda na Congo bikomeje gushakisha icyatuma umubano wabyo usubirana nyuma yo kuzamo ibihato bitewe n’uko buri gihugu gishinja ikindi kubangamira umutekano wacyo.
21 August 2024 Yasuwe: 1710 0

Umugi wa Kigali wasubijeho gahunda yo gukaraba intoki ku nyubako n’ahandi hahurira abantu benshi

Umujyi wa Kigali wibukije abantu bose bafite cyangwa bashinzwe inyubako zihuriramo abantu benshi, zaba iz’abikorera cyangwa iza Leta ko ari ihame kugira ubukarabiro rusange bukora, kandi abazigana...
21 August 2024 Yasuwe: 1022 0

Uwari Minisitiri w’Ubutabera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatawe muri yombi

Uwahoze ari Minisitiri w’ubutabera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Bernard Takaishe, yatawe muri yombi n’urwego rw’ubutasi bwa gisirikare (DEMIAP). Amakuru yemejwe n’isoko yizewe muri...
21 August 2024 Yasuwe: 1054 0

Tchad: Imyuzure ikomeje guhitana ubuzima bw’abaturage

Mu gihugu cya Tchad bari mu marira nyuma y’uko imyuzure ihitanye ubuzima bw’abasaga 54, kandi hakaba hari impungenge z’uko imvura ishobora kwiyongera ikangiza ibikorwaremezo.
21 August 2024 Yasuwe: 470 0

Hashyizweho amabwiriza mashya agamije gukumira ubujura n’ibindi byaha bikorwa hifashishijwe telefoni

Urwego Ngenzuramikorere mu Rwanda ’RURA’, rwashyize ahagaragara amabwiriza agamije gukumira ubujura n’ibindi byaha bikorwa hifashishijwe ikoranabuhanga, by’umwihariko ibikorerwa kuri telefone.
21 August 2024 Yasuwe: 1587 0

RIB yatangiye guhiga abayiyitirira bagakwirakwiza ubutumwa bwo kwiba abakoresha MOMO

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko ruri gushakisha abantu bamaze iminsi bakwirakwiza ubutumwa bugamije kwiba abakoresha serivisi za Mobile Money mu izina ryarwo kugira ngo...
20 August 2024 Yasuwe: 1089 0

Impanuka ya Bus n’ikamyo yahitanye 6 abandi barakomereka cyane

Impanuka idasanzwe y’ikamyo yari itwaye ifu hamwe na bisi yerekezaga i Kampala yahitanye abagera kuri batandatu ubwo imodoka zagonganiraga mu muhanda.
20 August 2024 Yasuwe: 2713 0