Israel yatangaje ko Igisirikare cyayo cyagabye igitero cy’indege z’intambara ku birindiro bya Hezbollah mu turere dusaga 10 dutandukanye two mu majyepfo ya Libani.
Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC, bwakubise ibiciro hasi ku bifuza kuzareba umukino wo kwishyura uzayihuza na Azam FC mu mikino y’ijonjora ry’ibanze ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Afurika,...