skol
Kigali

Author

Emmy

Perezida Kagame yasubije abamusaba kuvana ingabo z’u Rwanda muri Congo

Perezida Paul Kagame yabwiye abamaze igihe bamusaba kuvana Ingabo z’u Rwanda ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kubanza kumenya ikibazo cyaba cyaratumye zijyayo, hanyuma...
15 August 2024 Yasuwe: 1241 0

Imbamutima za Gen. Muhoozi nyuma yo kwakirwa neza mu Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko yanyuzwe n’uburyo we n’intumwa bari kumwe mu Rwanda bakiriwe, ashimangira ko...
14 August 2024 Yasuwe: 1331 0

Perezida Kagame yateguje gusoresha insengero

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yavuze ko kuba insengero zimwe zifungura ku bwinshi, zijyaho zigamije kunyunyuza imitsi y’abazigana, ateguza kuzisoresha.
14 August 2024 Yasuwe: 1145 0

Hon. Kazarwa Gertrude yatorewe kuyobora inteko Ishinga amategeko umutwe w’abadepite

Perezida Paul Kagame nyuma yo kurahiza Minisitiri w’Intebe, yarahije Abadepite na bo bitoramo Perezida w’Inteko ishinga amategeko, ari we Hon Kazarwa Gertrude.
14 August 2024 Yasuwe: 1362 0

Abadepite: RIB na NEC basabye Green Party gusimbuza Umudepite! Hari n’abo muri FPR basimbutse

Abadepite: RIB na NEC basabye Green Party gusimbuza Umudepite! Hari n’abo muri FPR basimbutse
14 August 2024 Yasuwe: 5641 0

Dr. Edouard Ngirente wongeye kugirwa Minisitiri w’intebe w’u Rwanda ni muntu ki?

Mu myaka irindwi amaze muri izi nshingano ashimirwa kuba muri Guverinoma icyuye igihe hashyizwe imbere kubazwa inshingano bidasanzwe ku bagize Guverinoma, ndetse abitwaye nabi bagahita bakurwa mu...
14 August 2024 Yasuwe: 1425 0

Ibitero bya Ukraine ku Burusiya byatumye akandi gace gatangaza ibihe bidasanzwe

Guverineri w’akarere ka Belgorod mu Burusiya yatangaje ibihe bidasanzwe, mu gihe Ingabo za Ukraine zinjiye mu cyumweru cya kabiri zitangije ibitero imbere mu Burusiya .
14 August 2024 Yasuwe: 1169 0

Ibyo wamenya ku butaka buri mu ntara y’Uburasirazuba U Rwanda rwahaye Misiri

Leta y’u Rwanda yahaye iya Misiri ubutaka bungana na hegitari 10 bwo gushyiramo icyanya gikora ku bijyanye n’ubwikorezi n’ibikoresho gikorera mu Rwanda.
14 August 2024 Yasuwe: 1081 0

Perezida Kagame yongeye kugira Dr Edouard Ngirente Minisitiri w’Intebe

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Kanama, yongeye kugirira Dr Edouard Ngirente icyizere cyo kuba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda.
14 August 2024 Yasuwe: 957 0

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ibura ry’amadorali na Peteroli mu Burundi atunga agatoki ibigabo bigendera mu ma Jeeps

Kuri uyu wa 12 Kanama ubwo Perezida Ndayishimiye yafunguraga ku mugaragaro inyubako nshya y’ishuri ryisumbuye rya Lycée Buterere riherereye i Bujumbura, yavuze ko amaze igihe akurikirana amakuru...
13 August 2024 Yasuwe: 2045 0