Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko yanyuzwe n’uburyo we n’intumwa bari kumwe mu Rwanda bakiriwe, ashimangira ko...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yavuze ko kuba insengero zimwe zifungura ku bwinshi, zijyaho zigamije kunyunyuza imitsi y’abazigana, ateguza kuzisoresha.
Perezida Paul Kagame nyuma yo kurahiza Minisitiri w’Intebe, yarahije Abadepite na bo bitoramo Perezida w’Inteko ishinga amategeko, ari we Hon Kazarwa Gertrude.
Guverineri w’akarere ka Belgorod mu Burusiya yatangaje ibihe bidasanzwe, mu gihe Ingabo za Ukraine zinjiye mu cyumweru cya kabiri zitangije ibitero imbere mu Burusiya .