skol
Kigali

Author

Emmy

Aho afungiye, Umunyamakuru Theogene Manirakiza yandikiye abanyarwanda. Ibikubiye muri iyi baruwa ntibivugwaho rumwe

Kurikira amakuru avugwa mu Rwanda(ibaruwa bivugwa ko yanditswe na Manirakiza Theogene, icyegeranyo cya HRW cyanenzwe bikomeye n’inteko ishinga amategeko imitwe yombi), Mu burasirazuba bwa Congo...
27 October 2023 Yasuwe: 3710 0

Ku munsi nk’uyu mu mu w’1946 Umwami Mutara III Rudahigwa yatuye u Rwanda Kristu-Umwami - Isengesho yasenze

KUWA 27/10/1946 Umwami Mutara III Rudahigwa wabatijwe ku izina rya Charles Leon Pierre yatuye u Rwanda Kristu-Umwami. Mu isengesho rye agaragaza icyo yifuzaga ku gihugu, abaturage, abatware...
27 October 2023 Yasuwe: 1748 0

Nsabimana wakubitiwe kubaga imbwa avuga ko zabaye ifunguro rya benshi i Kigali

Uwitwa Nsabimana Valens w’imyaka 33 y’amavuko, avuga ko abamukubitiye kubaga imbwa bamuhoye ubusa, kuko ngo inyama zazo zabaye ifunguro rya benshi mu maresitora y’i Kigali ku Gisozi, Nyamirambo,...
27 October 2023 Yasuwe: 6743 0

Imodoka nziza ya Toyota Fortuner igurishwa ku giciro cyiza

Imodoka nziza kandi ikiri nzima, ifite ibyangombwa byose
24 October 2023 Yasuwe: 3188 0

Dore ibimenyetso byakwereka ko ubudahangarwa bw’umubiri wawe burimo kugabanuka bikabije n’icyo wakora

Ubudahangarwa bw’umubiri ni bwo bwirinzi bwawo. Ni bwo umubiri wifashisha mu guhangana n’indwara ziterwa na mikorobi zaba bagiteri, imiyege na virusi. Si ibyo gusa kuko ubudahangarwa bw’umubiri ni...
5 October 2023 Yasuwe: 4266 0

"Amb Busingye ntiyari kujya muri iriya nama wenyine": Ikiganiro n’Impuguke Mugabo!

Impuguke Mugabo wabaye igihe kinini mu Bwongerereza ndetse akorana na Ambasade bya hafi yaduhaye ikiganiro ku kibazo Amb. Jonston Busingye yahuye nacyo ubwo umunyamakuru wiyise umushoramari uturuka...
5 October 2023 Yasuwe: 2112 0

Abasore: Dore amayeri 4 yagufasha kwambura umukobwa abandi basore ukamugira uwawe wenyine

Mu rukundo habamo guhangana byiza aho umusore akora uko ashoboye kugira ngo yigarurire umutima w’umukobwa ku buryo ashobora kumwambura abandi.
3 October 2023 Yasuwe: 4256 0

Abasore: Dore ibyo ukwiye kugenzura kuri wowe mbere yo gutereta umukobwa niba utifuza guterwa indobo

Hari ibintu umukobwa wese yitaho cyane mbere yo kwemera kujya mu rukundo n’umusore runaka, nyamara abasore bo bibwira ko nta gaciro bifite ndetse abenshi ntibanabyitaho.
3 October 2023 Yasuwe: 2475 0