Perezida wa Belarus, Alexander Lukashenko usanzwe ari inshuti ikomeye ya Perezida Vladimir Putin, yatangaje ko igitero Ukraine iherutse kugaba mu Burusiya ari umutego ugamije gutuma u Burusiya...
Penaliti y’Umunya- Colombia Jhonier Blanco, yahaye intsinzi ikipe ya AZAM ku mukino ubanza wa CAF Champions League iyi kipe yo muri Tanzania yari yakiriyemo APR FC kuri AZAM Complex Stadium.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko umuceri wo mu Kibaya cya Bugarama wari warabuze abaguzi ugiye kugurwa n’Ikigo gikora ubucuruzi bwambukiranya imipaka gifatanyije n’inganda zo mu Bugarama.
Sheebah Karungi yakoreye igitaramo i Kigali mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu, aho yavuye atarangije kuririmba indirimbo ze zose nkuko yari yabigennye bitewe n’uko ibyuma byakomeje kugorana...
Igitaramo cy’umuhanzi Fally Ipupa, cyari giteganijwe kuri uyu wa gatanu, tariki ya 16 Kanama mu mujyi wa Goma mu gace ka Ihusi (Amajyaruguru ya Kivu), nticyabaye nyuma y’uko aho cyari kubera...
Minisiteri y’ubuzima ya Libani yavuze ko igitero cy’indege cya Isiraheli mu Majyepfo ya Libani cyahitanye byibuze abantu 10. Ni mu gihe Israel yo yari yavuze ko ingabo zayo zashenye ikigo kibika...