Dr. Sosthène Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rukiko rwa Rubanda rw’i Paris mu Bufaransa, ubwo yaburanaga mu bujurire, umushinjacyaha yamusabiye gufungwa burundu.
Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yabwiye Akanama k’Amahoro k’Umuryango w’Abibumbye ko u Rwanda rwiteguye gufata inshingano mu gihe Urwego mpuzamahanga rushinzwe gukora...
Imirimo yo kubaka laboratwari yo kugenzura gaz méthane yo mu Kiyaga cya Kivu no gukurikirana ko ibidukikije bibungabunzwe neza kuri iki kiyaga, igeze kuri 80% ku buryo mu kwezi gutaha izaba yarangiye.
Tugirimana Martin w’imyaka 24 wakoreraga ubucuruzi mu Karere ka Rutsiro, yasanzwe amanitse mu mugozi muri butiki ye yapfuye, hakekwa ko yiyahuye kubera amadeni menshi yari afitiye abaturage, kubera...
Ubushinjacyaha bw’Umujyi wa Paris mu Bufaransa bwatangije iperereza nyuma y’uko umwe mu bafungiye muri Gereza ya La Santé Nicolas, Sarkozy afungiyemo agaragaye mu mashusho avuga ko ashaka kumwica.