Imana Josh Ishimwe, umuhanzi uri mu bakunzwe baririrmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza, yifurije umugore we isabukuru nziza y’amvuko amuhata imitoma amwibutsa ko kumugira ari umugisha yahawe.
Umushinjacyaha wo mu Bufaransa, Laure Beccuau yatangaje ko ibintu biheruka kwibwa mu Nzu Ndangamurage ya Louvre iherereye i Paris, bifite agaciro k’arenga miliyoni 88 € (hafi miliyari 102 Frw).
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gifite ubwoba abasirikare benshi bakoranye na Gen Christian Tshiwewe Songesha, Gen Franck Ntumba na Brig Gen Benjamin Katende Batubadila...
Umugabo wo mu Murenge wa Nkungu w’Akarere ka Rusizi akekwaho kwangiza urugi n’idirishya ry’inzu ya nyirabukwe biturutse ku makimbirane afitanye n’umugore we.
Leta ya Bulgarie yatangaje ko yiteguye kwemerera Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, kunyura mu kirere cyayo mu gihe azaba agiye mu nama izamuhuriza na Donald Trump mu mujyi wa Budapest muri...
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Mifotra yatangaje ko hari gahunda yo kuvugurura amategeko n’amabwiriza ku buryo abakozi bakora imirimo itanditse mu Rwanda batangira gutangirwa ubwishingizi...
Byatangajwe ko umuhanzi Tupac Shakur yigeze gusabwa kwipimisha SIDA mbere yo gukina asomana na Janet Jackson muri filime bahuriyemo yiswe ‘Poetic Justice’ yo mu 1993, arabyanga.