Imitwe ya Wazalendo ishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahanganiye muri teritwari ya Uvira na Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, bamwe bahasiga ubuzima.
Polisi y’u Rwanda yatangije gahunda yiswe ‘Turindane, tugereyo amahoro’ iri mu isura nshya ya Gerayo Amahoro. Ni gahunda izagirwamo uruhare na buri wese hagamijwe kugabanya impanuka zo mu muhanda.
Kuri sitasiyo ya RIB ya Rugerero mu Karere ka Rubavu hafungiye Maguru Joël w’imyaka 35 wafashwe yibye ibitoki mu murima w’umuturage witwa Nyiranizeyimana Dative, bamusaka bareba niba nta bindi...
Raporo ya Henley Passport Index igaragaza uko pasiporo z’ibihugu zihagaze ku rwego mpuzamahanga yagaragaje ko pasiporo ya Amerika yageze ku mwanya wa 12, mu gihe mu myaka 10 ishize yari iya mbere.
Bikorimana Jean de Dieu w’imyaka 21, Ndacyayisenga Damascène w’imyaka 26 na Nibayavuge Daniel wa 43, bahitanywe n’ikirombe kimaze amezi arindwi gihagaritswe, cyagwiriye umwe acukuramo amabuye...
Mu nama ngarukamwaka ibera i London mu Bwongereza, ishishikariza abikorera gushora imari muri Afurika (AFSIC- Investing in Africa 2025), u Rwanda rwagaragaje uburyo isoko ry’imari n’imigabane...
Imvura idasanzwe yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane mu Karere ka Kayonza, yahitanye abantu batandatu, inangiza hegitari zirenga 20 z’imyaka y’abaturage.