Umuyobozi w’akarere ka Luweero muri Uganda, Erastus Kibirango, ari gukorwaho iperereza nyuma y’aho agaragaye akoresha imodoka ya Leta ubwo yari ahaberaga ibikorwa byo kwamamaza umukandida ku mwanya...
Nyuma y’amezi make bari bamaze bakundana, abakinnyi ba filime, Tom Cruise na Ana de Armas, biravugwa ko baba baratandukanye, buri wese agahitamo inzira ye kubera ko hari bimwe batumvikanyeho.
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Consolée Uwimana, yakebuye abagore bumva ko kuba mu cyaro ari inzitizi yo gutera imbere abibutsa ko hariyo amahirwe ku buryo akoreshejwe neza...