Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwatangaje ko umuhanda Rutsiro-Muhanda-Kazabe uhuza Akarere ka Rutsiro n’Akarere ka Ngororero ugiye gushyirwamo kaburimbo, mu rwego rwo gukura abaturage mu bwigunge...
Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko agiye gutangira amasomo y’icyiciro cya gatatu cya kaminuza (Master’s) mu bijyanye n’ubwenge bw’ubukorano, AI muri Open University of Kenya (OUK),...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagiranye ibiganiro byo ku rwego rwo hejuru n’abayobozi b’Ikigo cy’Afurika gishinzwe Imiti (African Medicines Agency/AMA) ku wa Mbere tariki ya 13 Ukwakira...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko nubwo akomeje gukora ibishoboka byose mu gushakira amahoro Intara ya Gaza, atizeye ko ibyo byamuhesha kujya mu ijuru.
Mu migambi yo kugirira nabi u Rwanda yose yagiye icurwa na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), birasa nk’aho uwo kurusebya mu ruhando mpuzamahanga ari wo ukomeje kugera ku ntego kuko...
Sosiyete y’Ikoranabuhanga ya Google yashyize u Rwanda mu bihugu bitandatu abanyeshuri babyo bo muri kaminuza bazajya bakoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano rizwi nka Gemini AI, ku buntu mu...
Inzobere zitandukanye zigaragaza ko ubuyobozi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, bukoresha umwanya buhawe mu nama mpuzamahanga mu gusebya u Rwanda no gushaka kwigaragaza ko bukeneye...