skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

BNR igiye gukora amavugurura mu rwego rw’ubwishingizi

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko mu gihe cya vuba izatangaza ingamba nshya z’amavugurura yakozwe mu rwego rw’ubwishingizi hagamijwe gukuraho imbogamizi zigikoma mu nkokora iterambere ryarwo.
12 October 2025 Yasuwe: 436 0

Yambwiye ko ari njye wari uyikwiriye- Trump avuga kuri Machado wamutwaye Prix Nobel

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, yatangaje ko yaganiriye na María Corina Machado, uherutse guhabwa igihembo cy’Amahoro cyitiriwe Nobel, uyu mugore ahamya ko Trump ari we wari...
12 October 2025 Yasuwe: 363 0

Amerika yavuze ku cyemezo cya RDC cyo gusenya FDLR

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zakiriye neza icyemezo cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), gisaba abarwanyi b’Umutwe w’iterabwoba wa FDLR kurambika intwaro hasi.
12 October 2025 Yasuwe: 1031 0

DJ Maphorisa yamaze hafi isaha ku kibuga cy’indege cya Kigali yabuze umwakira

DJ Maphorisa yahuriye n’uruva gusenya i Kigali amara iminota 53 ku kibuga cy’indege yabuze umwakira. Ni nyuma y’uko indege yagombaga kuhamugeza yahageze mbereho iminota 30 ku isaha yari igenwe.
12 October 2025 Yasuwe: 889 0

Biden asigaye ahabwa ubuvuzi bwo gushiririza Cancer arwaye

Joe Biden urwaye cancer ya prostate, ari gukorerwa ubuvuzi bwo kuyishiririza kugira ngo idakwira ibice byinshi by’umubiri.
12 October 2025 Yasuwe: 292 0

TUYISENGE Jeanne yasabye guhindura amazina akitwa JOANNE TUYISENGE

Uwitwa TUYISENGE Jeanne yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa JOANNE TUYISENGE mu bitabo by’irangamimerere! Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri...
10 October 2025 Yasuwe: 432 0

U Rwanda na Brazil byiyemeje ubufatanye mu bya Politiki

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Brazil, basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu gushimangira umubano mu bya dipolomasi no kurushaho kungurana ibitekerezo mu bya politiki.
10 October 2025 Yasuwe: 257 0

Machado wo muri Venezuela yegukanye Prix Nobel yashakwaga na Trump

Maria Corina Machado wo muri Venezuela, yahawe igihembo cy’amahoro cya Nobel kubera uruhare rwe mu “guteza imbere amahoro” muri Amerika y’Epfo, agace bivugwa ko “demokarasi iri mu kaga.”
10 October 2025 Yasuwe: 552 0

Perezida wa Sénégal agiye kugirira uruzinduko mu Rwanda

Perezida Bassirou Diomaye Faye wa Sénégal arateganya kugirira mu Rwanda uruzinduko rw’akazi ruzaba ku wa 17 Ukwakira 2025, aho byatangajwe ruzaba ku butumire bwa Perezida Kagame.
10 October 2025 Yasuwe: 355 0

Perezida Kagame yasabye EU gusangira na Afurika ibyago n’inyungu

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yasabye ibihugu bihuriye mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) kureka imyumvire ya kera y’ubufatanye bushingiye ku guha Afurika amabwiriza yo isabwa...
9 October 2025 Yasuwe: 260 0