Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, yatangaje ko yaganiriye na María Corina Machado, uherutse guhabwa igihembo cy’Amahoro cyitiriwe Nobel, uyu mugore ahamya ko Trump ari we wari...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zakiriye neza icyemezo cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), gisaba abarwanyi b’Umutwe w’iterabwoba wa FDLR kurambika intwaro hasi.
DJ Maphorisa yahuriye n’uruva gusenya i Kigali amara iminota 53 ku kibuga cy’indege yabuze umwakira. Ni nyuma y’uko indege yagombaga kuhamugeza yahageze mbereho iminota 30 ku isaha yari igenwe.
Maria Corina Machado wo muri Venezuela, yahawe igihembo cy’amahoro cya Nobel kubera uruhare rwe mu “guteza imbere amahoro” muri Amerika y’Epfo, agace bivugwa ko “demokarasi iri mu kaga.”
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yasabye ibihugu bihuriye mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) kureka imyumvire ya kera y’ubufatanye bushingiye ku guha Afurika amabwiriza yo isabwa...